Ubuhamya

Gukuna

Search This Blog

URUGENDO MURI ENFER


Amafoto y'Igituba | Video so Guswera

Ngo abayobozi b’Amerika, Ubwongereza n’u Rwanda batemberereye mu muriro utazima. Bagezeyo Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza yibuka ko hari ubutumwa bwihutirwa ashaka kugeza ku Mwamikazi. Ni bwo afashe telefoni bavugana iminota itatu : kubera ko mu muriro utazima ngo ari kure cyane, yaje kwishyura miliyoni eshatu z’amafaranga y’abongereza. Perezida wa Amerika ubwo na we yahise yibuka ko hari akantu ashaka kubaza Umunyamabanga wa Leta, ni bwo na we agiye guterefona, akoresha iminota itanu bamwishyuza miliyoni enye z’amadolari. Perezida w’u Rwanda na we yibuka ko hari icyo agomba kubwira Umujyanama we yasize i Kigali, ajya kumuterefona, bavugana isaha yose. Ni bwo bamwishyuje amafaranga ijana y’amanyarwanda. Abandi bati « bino bintu birimo ikimenyane : bishoboka bite ko uvuze igihe kirekire ari we wishyura make ?’ Nuko nyiri cabine telephonique ati « kuki mwirengagiza ukuri mukuzi kandi mukubona neza ? Ntimusanzwe muzi se ko n’ubundi appel local ihenduka ? Hano ni muri enfer, n’aho uyu mugabo yaterefonnye ni kimwe ! Mwebwe zari appels internationaux ariko we yakoze appel local !

Shyiraho Igitekerezo!

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

Shyiraho igitekerezo cyawe!