Ubuhamya

Gukuna

Search This Blog

Musenyeri Gabino Zavala Yeguye Kubera Kubyara Hanze


Amafoto y'Igituba | Video so Guswera


Nk’uko Los Angeles Times ibitangaza, uwungirije umushumba mukuru wa Archdiocese (soma arikidiyosezi) ya Los Angeles ariwe musenyeri Gabino Zavala yeguye ku mirimo ye nyuma yo kugaragaraho ko afite umuryango atunze ndetse n’abana babiri bari mu kigero cy’imyaka 14.

Itangazo ryashyizwe hanze na Vatican rivuga ko Papa Benedigito wa XVI yemeye iyegura ry’uyu musenyeri kandi bikaba byemewe mu mategeko ya kiliziya (Church canon laws) aho uwihaye Imana wese utagishoboye gukora umurimo yatorewe ashobora kwegura.

Vatican mu itangazo ryayo ntabwo yavuze impamvu uywo musenyeri yeguye, gusa yatangaje ko afitemo n’uburwayi butuma atuzuza imirimo ye uko biteganijwe.

Umukuriye ariwe Arikiyepiskopi wa Los Angeles José Gomez yashyize hanze ibaruwa igenewe abakristu isobanura iby’igenda rya Zavala wari musenyeri wa San Gabriel , kamwe mu duce tugize Leta ya California. Yatangaje kandi ko uyu mugabo yari yamumenyesheje mu minsi mike ishize ko afite umuryango hanze.

Musenyeri José Gomez yagize ati “ Zavala yambwiye ko ibaruwa yandikiye nyir’ubutungane i Roma amusaba kwegura yemewe. Kuva ubwo ntabwo aba hano nta n’ubwo azongera kuhaba, twavuganye n’umugore ndetse n’abana be tureba niba bakeneye ubufasha bw’umwuka, kandi ubu tuzabafasha mu byo bakeneye mu masomo n’ubuzima. Ntabwo amazina yabo ashyirwa hanze ni ngombwa ko twubaha ubuzima bwite bwabo”.

Shyiraho Igitekerezo!

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

Shyiraho igitekerezo cyawe!