Ubuhamya

Gukuna

Search This Blog

Bongeye Gusubirana Nyuma y'Imyaka 48 Batandukanye


Amafoto y'Igituba | Video so Guswera



Hari hashize hafi kimwe cya kabiri cy’ikinyejana, Lena Anderson n’uwahoze ari umugabo we Roland Davis batabonana. Aba bombi batandukanye imbere y’amategeko mu 1964, ubu bagiye kongera gusezerana kuri uyu wa Gatandatu mu birori bizahuza abantu benshi babayeho mu bihe bitandukanye.
Nk’uko tubikesha 7sur 7, Lena na Roland baziranye kuva mu bwana bwabo. Ariko nyuma y’imyaka 20 babana ndetse bakanabyarana abana bane, bari bahisemo gutandukana buri wese akabaho ubuzima bwe bwite.
Mu mezi make ashize, nibwo Roland, wari ugikunda uwahoze ari umugore we, yiyemeje kongera kumusaba urukundo bundi bushya ndetse anamusaba ko babana.
“Buri gihe nahoraga mbitekereza” ibi ni ibyo Roland yasobanuye. akomeza agira ati : “Ntushobora kwibagirwa uwagukunze akakwitaho igihe kimwe mu buzima bwawe”.
Ku ruhande rw’abana babo, kuri ubu babaye bakuru cyane, byarabashimishije cyane kongera kubona ababyeyi babo basubirana. “Ni inzozi za buri mwana ufite ababyeyi batandukanye kongera kubabona biyunze”. Ibi ni ibyatangajwe na Renita, bucura bwabo.
Johnnie, imfura yabo we yagize ati “Ndishimye cyane, ndi kwiyumva nk’umwana w’imyaka 9 kandi ubu mfite 65”.

Shyiraho Igitekerezo!

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

Shyiraho igitekerezo cyawe!