
Ubugimbi n’ubwangavu, ni kimwe mu
bihe bikomeye cyane umuntu anyuramo. Nyamara, ugasanga ababurimo bafite
byinshi bibaza mu biri kubabaho, akenshi bakanabiburira ibisubizo. Aho
bamwe mu bantu bakuru bumva ko ntacyo bakwiriye kubuvugaho, cyane cyane
ko usanga bihurirana n’imiziro n’imiziririzo iba mu muryango nyarwanda.
Ubugimbi
n’ubwangavu butangirana no gukura ku bijyana n’ibitsina, hanyuma icyo
gihe kikarangirana no gukura mu bijyana n’imibanire y’abantu n’abandi.
Iri hinduka rikaba riba ku bana bageze mu kigero kiri hagati y’imyaka 12
na 17, byose bijyana n’aho uwo mwana aba, uko arya, ndetse n’ubucucike
bw’abaturage abana nabo.
Niyo mpamvu ngo abana batuye mu karere
k’imirongo ngengamirase (zone tropicale) hamwe n’abatuye mu gace
k’imberabyombi, (zone méditerranéenne) ngo baba bajya mu bugumbi
n’ubwangavu hakiri kare, ku myaka hagati y’i 9 na 14. Mu gihe abatuye mu
tundi duce dusigaye usanga dukonja cyane, ngo batangira iki gihe bamaze
kugera nibura ku myaka 14, kugenda ukageza kuri 17. Ikindi ni uko
usanga abakobwa bagira ubwangavu hakiri kare, nibura mbere ho imyaka
ibiri ugereranyije n’igihe abahungu bazabonera ubugimbi. Nanone kandi,
kubera abantu benshi, urusaku rwinshi n’ibindi, abana bo mu mujyi
binjira muri iki gihe cy’ubugimbi n’ubwangavu mbere y’abatuye mu byaro.
UKO UBUGIMBI CYANGWA UBWANGAVU BUGARAGARA
KU MUBIRI
Icya
mbere kiranga ubugimbi n’ubwangavu ni ukumera ubwoya ahantu
hatandukanye ku mubiri, harimo ku maguru, ku gitsina (insya), no mu
kwaha (inshakwaha). Ibi biba kuri bombi, abahungu n’abakobwa, uretse ko
abakobwa bagira ubwoya buke ugereranyije n’ubw’abahungu.
Ku mukobwa,
amabere aramera. Hanyuma amatako ye nayo akaguka kugirango azabashe
kwakira umwana. Ikindi kandi arabyibuha. Igitsina cy’umukobwa, ahari
umwenge ukomerezaho ibice biri imbere mu mubiri, usa n’uwimuka. Ukava
ahagana imbere, ukarushaho kujya inyuma mbese hagati y’amaguru. Muri iki
gihe, nibwo uwari umwana w’umukobwa noneho ubona yahindutse umugore
ukiri muto koko. Ibyangombwa byose arabifite.
Ku muhungu,
uretse bwa bwoya twavuze, we afite n’ubundi arenzaho, cyane cyane mu
maso, ari naho hamera ubwanwa. Muri iki gihe, umuhungu imikaya ye
irakura. Igakomera. Amaboko ye nayo akaba maremare kurushaho. Igihe
cy’ubugimbi, nibwo udusabo tw’intanga tw’uyu mwana w’umuhungu, hamwe
n’igitsina cye bibyibuha. Hanyuma ugasanga umuhungu atangiye kujya azana
ibimeze nk’ururenda rw’umweru. Akenshi usanga bimubangamiye. Ubu uyu
mugabo w’ejo yatangiye kujya abira icyuya ku gahanga, hejuru y’ikibuno,
hamwe no ku birenge.
MU MITEKEREREZE
Igihe
cy’ubugimbi n’ubwangavu ni igihe gitera abana babwinjiyemo kwibaza
byinshi, nyamara ugasanga abantu bakuru ntibitaye ku kubasobanurira
ibirimo kubabaho n’impamvu yabyo. Ibi bikaba biterwa ahanini n’uko
usanga uku guhinduka kwerekeza ku mibonano mpuzabitsina, kwivanga no
kuba bagihuzagurika ku mibanire yabo n’abandi, cyane cyane abantu
bakuru, byiyongera ku miziro n’imiziririzo, usanga bituma abantu bakuru
babura aho bahera babasobanurira, kuko binababangamira cyane. Ibi rero
bituma uyu mwana yibaza byinshi ku bantu bakuru, ndetse akagerageza
kubishakira igisubizo ntawe ubimufashijemo, aribyo bimuhereza uko
azitwara mu gihe cy’ejo kizaza, cyangwa se bimuhereza kugira imyitwarire
y’umugabo cyangwa umugore azaba we.
Ubungubu n’ubwo afite
ibyamuhindutseho kandi akaba yumva yakuze, ariko agomba kugerageza
kuguma mu buzima busanzwe, aho ahura n’abandi banyeshuri niba yiga,
abarimu, ababyeyi, inshuti ze n’abandi. Muri iki gihe imibanire y’uyu
mwana n’ababyeyi be irahinduka, kuko aba ashaka kwigaragaza no kuba
ibyemezo bye aribyo byakurikizwa. Ariyumva ko yakuze kandi ko ntawe
ukwiriye kumuvuguruza. Ubu arashaka kwigenga, nyamara ntibikuraho ko
agikeneye gutungwa n’ababyeyi be, guhabwa amafaranga n’ibindi byose
akeneye, ndetse no gukomeza kumwereka urukundo. Kubagarukira ngo agire
ibyo abasaba rero kandi yashakaga kwigenga, ibi nabyo biramugora cyane.
Icyo
akeneye cyane kurushaho, ni uko abona abamutega amatwi, ababona ko
afite ibyo abashije gukora kandi bakamureka akabikora, mbese nawe
bakamurekera ijambo ku bintu runaka.
Ku bijyana n’imibonano
mpuzabitsina, iki gihe cy’ubugimbi n’ubwangavu kiba kigoye kuko usanga
ibyo uyu mwana yifuje byose ashaka no kubishyira mu bikorwa.
MU MITERE
Aba
bana binjiye mu gihe cy’ubugimbi n’ubwangavu, yaba umuhungu cyangwa se
umukobwa, bashobora kuzana ibiheri mu maso. Ibi biheri mu maso bakaba
baba babitewe n’umusemburo uruhu rwabo ruzana muri iki gihe, umusemburo
witwa sébum, urinda uruhu kuumagara kandi ukanarurinda microbes
zitandukanye. Ibi biheri biba bizashira igihe cy’ubugimbi n’ubwangavu
kirangiye, uretse ko hari n’ubwo bikomeza. Iyo bibaye ibikomeye ariko,
n’ubwo ari ibiba byazanywe n’uyu musemburo uruhu rwavubuye, ntibibuza
uyu mwangavu cyangwa se iyi ngimbi kujya kwa muganga.
Muri iki gihe,
ijwi rirahinduka haba ku muhungu cyangwa se ku mukobwa, uretse ko ku
muhungu ariho byumvikana cyane kuko ahita agira ikijwi kinini, mu gihe
iry’umukobwa ryo rirushaho gutyara.
Uyu mwana w’umukobwa ugeze
mu bwangavu yari yaravukanye intanga ngore, ariko zari zitaratangira
kujya zikura ngo zirekurwe. Ubu rero nicyo gihe bigiye gutangirira, aho
agiye kujya mu mihango ye bwa mbere. Ibi bizaterwa n’umusemburo wa
œstrogène umubiri we ugiye gutangira kuvubura. Yaba yarabwiwe ko bibaho
cyangwa se atarabibwiye, ntibizamubuza kugira ubwoba ho gato niyibonaho
aya maraso amuturutse mu gitsina ku nshuro ya mbere. Uretse igihe
atwite, cyangwa yonsa, uku kujya mu mihango bizakomeza kugeza igihe uyu
mwana w’umukobwa azacurira, ahagana ku myaka 40, 50. Guhera ubu, uyu
mwana w’umukobwa aramutse akoze imibonano mpuzabitsina idakingiye
ashobora gusama.
Ku muhungu we,
ubu umusemburo wa testosterone nawo watangiye kuvuburwa, uyu musemburo
ukaba ariwo ugiye gutuma uyu mwana w’umuhungu atangira kugira intanga mu
dusabo twe tw’intanga, ubu zizajya zikorwa buri munsi. Ubu agiye kujya
yiroteraho, cyangwa se kubyuka mu gitondo agasanga yaraye yisohoreyeho
ninjoro, rimwe na rimwe bitewe n’ibyo yarose akinibuka.
IBIBAZO BISHOBORA KUBAHO
Nk’uko
twavuze ku kuntu uyu mwana wageze mu bugimbi cyangwa se ubwangavu aba
akeneye umwumva, yumva akeneye kwigenga, kandi yumva ko yakuze, aho
arwana no kuba ibijyana n’ibitsina kuri we byakuze ndetse afite n’irari
ryo kubikoresha mu gihe ukubana n’abantu muri rusange, cyane cyane
abantu bakuru byo atarabimenya neza, ibi hari abo bitera kuba
bakwijandika mu biyobyabwenge, mu mibonano mpuzabitsina se, cyangwa se
mu nzoga. Bityo ugasanga bibagizeho ingaruka ku bantu bari bakwiriye
kuzababo. Hari n’abumva abantu bakuru badashaka kubumva kandi bo
babonaga ibyo bakora ari bizima, bakabura ababasobanurira, bityo
ugasanga hari abo biviriyemo kwiyahura, cyangwa se ugasanga abandi
bahindutse ibyihebe.
Ubugimbi
n’ubwangavu rero, ni igihe gikomeye, ku buryo ababyeyi bafite abana
bakwiriye kubaba hafi, no kugerageza kubumva, bakabasobanurira, bityo
bakabafasha kuva mu bwana neza berekeza ku kuba umuntu mukuru.
Ubuhamya
Gukuna
ABAGABO - ABAGORE - ABAKOBWA BEZA - ABASOMYI B'IGITUBA - AGAKINGIRIZO - AMABERE - AMAFOTO Y'IBITUBA - AMAFOTO YO GUSWERA - GUKUNA - GUSOHORA K'UMUGORE - GUSOHORA - GUSOMANA - GUSWERA - GUSWERA IGITUBA KININI - GUSWERA NEZA - IBIBAZO BY'IGITSINA - IGITUBA - IGITUBA KININI - IKIBUNO - IMBORO - INAMA Z'IGITSINA - INAMA Z'URUKUNDO - INDWARA Z'IBITSINA - KUNYAZA - KWIKINISHA - RUGONGO - URUKUNDO - URWENYA - VIDEO Z'ABAKOBWA BEZA - VIDEO Z'IKIMANSURO - VIDEO Z'URUKUNDO - VIDEO ZO GUSWERA - VIDEO ZO GUSWERA Z'ABAHINDE - VIDEO ZO KUNYONGA IKIBUNO - VIDEO ZO GUSWERA Z'ABAGANDE - VIDEO ZO KUNYAZA - VIDEO Z'ABAKOBWA BIKINISHA - VIDEO ZA RUGONGO NINI - VIDEO Z'IGITUBA KININI
Search This Blog
Ubugimbi n'Ubwangavu
Amafoto y'Igituba | Video so Guswera
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
Ibirimo
ABAGABO - ABAGORE - ABAKOBWA BEZA - ABASOMYI B'IGITUBA - AGAKINGIRIZO - AMABERE - AMAFOTO Y'IBITUBA - AMAFOTO YO GUSWERA - GUKUNA - GUSOHORA K'UMUGORE - GUSOHORA - GUSOMANA - GUSWERA - GUSWERA IGITUBA KININI - GUSWERA NEZA - IBIBAZO BY'IGITSINA - IGITUBA - IGITUBA KININI - IKIBUNO - IMBORO - INAMA Z'IGITSINA - INAMA Z'URUKUNDO - INDWARA Z'IBITSINA - KUNYAZA - KWIKINISHA - RUGONGO - URUKUNDO - URWENYA - VIDEO Z'ABAKOBWA BEZA - VIDEO Z'IKIMANSURO - VIDEO Z'URUKUNDO - VIDEO ZO GUSWERA - VIDEO ZO GUSWERA Z'ABAHINDE - VIDEO ZO KUNYONGA IKIBUNO - VIDEO ZO GUSWERA Z'ABAGANDE - VIDEO ZO KUNYAZA - VIDEO Z'ABAKOBWA BIKINISHA - VIDEO ZA RUGONGO NINI - VIDEO Z'IGITUBA KININI
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!