| www.igituba.org |
Reka twibande ku gitabo cyitwa Encyclopedie La Rousse, La vie sexuelle de tout âge. Iyo tuvuze sexualité, abantu bakuru benshi bahita bumva imibonano mpuzabitsina. Ariko kandi siko bimeze. Sexualité ibumbye byinshi biruta imibonano mpuzabitsina, nayo ikubiyemo birumvikana.
Sexualité
rero usanga igize ubuzima bwose bw’umuntu, kuva akivuka kugera ashaje.
Ubwo naganiraga n’urubyiruko ku rubuga rwa facebook, twagerageje
gushyira mu Kinyarwanda iri jambo sexualité, rimwe na rimwe tujya
tugenekereza gushyira mu Kinyarwanda tukavuga ngo ni ubuzima bwerekeza
ku bitsina, maze bampa ijambo rivuga ngo imisusirabitsina : Byumvikanisha uko umuntu asa, yitwara, bigendeye ku kuba ari umugore cyangwa se umugabo, umuhungu cyangwa se umukobwa.
Sexualité ku mwana ukivuka no mu buto bwe :
Ikintu
cya mbere umwana yiga akivuka ngo ni uburyo azajya aganira n’abandi,
kuko ngo ubundi ibyo tutabivukana. Iyo rero ababyeyi barera abana,
n’abandi bose barimo abakozi bo mu rugo, cyane cyane ko nko mu Rwanda
usanga abakozi bo mu rugo aribo bagira igihe kinini gihagije cyo
kwirirwana n’abana, uburyo bavugana n’utwo tubebe, uko batuvugisha
badukinisha cyangwa se baduhoza, ibyo byose ngo bigize sexualité, kandi biri mu bibaha uburyo bazitwara uko bagenda bakura.
Umwana ukivuka kugera ku myaka 2:
Uyu
mwana atangira kugirana imishyikirano ye ya mbere n’abantu bamukikije
iyo bamuterura, bamukinisha bamusekera, kandi ngo abana bagaragarizwa
urukundo rwinshi muri ibi bihe bya mbere, ngo usanga ahanini aribo
bagirana imishyikirano myiza n’inshuti zabo cyangwa se n’abo bazarushingana.
Ku
mezi arindwi n’umunani, nibwo umubebe atangira kuvumbura igitsina cye
iyo ari umuhungu, agatangira kwikorakora n’intoki. Naho abakobwa bo, ngo
baba batangira kuvumbura igitsina cyabo ku mezi 9 n’icumi, nabo nyine
bikorakora n’intoki.
Aba
bana b’amezi arindwi umunani icyenda icumi iyo bikorakora ntibaba
bikinisha ibi by’abantu bakuru, ahubwo babikora kubera gusa ko baba
bumva bibabereye byiza.
Iyo
umwana amaze kugira umwaka n’igice hafi imyaka ibiri, ngo nibwo
atangira kumenya ko ari umukobwa cyangwa se umuhungu, ndetse agatangira
no kumenya ko abantu bamukikije umwe ari umugabo undi akaba umugore.
Muri ibi bihe by’imyaka ibiri itatu, umubebe akeneye kubonana n’abandi
babebe bo mu kigero cye, kugirango bakine baganire, kuko nabyo bimufasha
mu mubano azajya agirana n’abandi namara gukura.
Ku
myaka ibiri kandi, umwana kuko aba amaze kwimenya we ubwe, ko ari
umuhungu cyangwa se umukobwa, we ubwe ntabwo aba akiyitayeho, ahubwo
atangira kwita ku bandi. Ugasanga afitiye amatsiko amabere ya maman we
uko ameze, agatangira kugira amatsiko y’igitsina cya papa we, akibaza
impamvu abantu bakuru bagira inshakwaha n’insya kandi abana batazigira,
n’ibindi nk’ibyo.
Muri iki gihe bamwe mu bana bazatangira no kujya kurunguruka abantu bakuru
igihe bari nko mu bwiherero (toilet), n’ahandi babasha kubabona bambaye
ubusa, mu rwego rwo kugerageza guhaza ya matsiko bari bafite.
Sexualité ku mwana w’imyaka 3 kugera kuri 5:
Uyu
mwana ugize imyaka itatu, nibwo noneho atangira kumenya gutandukanya
abagabo n’abagore yaba ababonye mu mafoto, cyangwa se muri televiziyo,
kandi akamenya no kubwira umuntu mukuru niba we ari umukobwa cyangwa
umuhungu. Ikindi kandi abana benshi ku myaka itatu uzasanga bikundira kwambara ubusa!
Muri iki gihe cy’imyaka itatu, abana batangira gukina imikino yo kwerekana ibitsina byabo. Ngo « ndakwereka akanjye nawe nunyereka ». Iyi twakwita imikino igakorwa mu bana bo mu kigero kimwe, baba abahungu cyangwa se abakobwa, cyangwa se abadahuje ibitsina.
Abana batangira gukina iby’abana, umwe yitwa papa undi akaba amaman, cyangwa se umwe akaba muganga, n’ibindi nk’ibyo.
Ibibazo aba bana bibaza : Aba bana b’imyaka itatu itanu nibo batangira kubaza ngo nabayeho gute, cyangwa se ngo umwana aturuka he. Abandi nabo batangira kugira amatsiko iyo babonye umugore utwite.
Uyu mwana w’imyaka hafi itanu aracyakunda kwambara ubusa, ariko kandi bitangiye kugenda bishira.
Sexualité ku mwana w’imyaka 6 kugera ku 9 :
Umwana
iyo amaze kurenga imyaka itanu nibwo aba amaze kumenya neza ko niba ari
umukobwa azakomeza kuba umukobwa, ntashobora guhinduka. Ko niba ari
umuhungu azakomeza kuba umuhungu. Ko umugabo akomeza kuba umugabo kabone
n’aho yakwambara amakanzu.
Kuri
iki gihe cy’imyaka itandatu umunani, abana batangira kugira amatsiko
menshi yo kumenya uko umwana abaho, birenze ko ava mu nda ya maman we,
ahubwo bagashaka kumenya uko n’intanga zihura, intanga ngore n’intanga
ngabo, aho bibaza uko intanga ngabo zigera mu nda y’umugore. Kuri iki
kigero, abana bamwe baba batangiye guhuza kubyara abana hamwe
n’ibyishimo bibonerwa mu mibonano mpuzabitsina, ariko kandi si bose.
Aba
bana, uretse kuba baganira n’ababyeyi babo (gusa ni bamwe muribo kandi
bake tugereranyije n’u Rwanda rwacu uko ruhagaze mu kuganiriza abana ku
bijyana n’ubuzima bwabo bw’imyororokere), abandi hari bike baba barize
ku ishuri, hanyuma ibindi byinshi, rimwe na rimwe bitari nabyo,
bakabikura muri bagenzi babo.
Muri
make, aba bana baba bamaze kumenya byinshi, kandi baba babasha no
gusoma ibinyamakuru, gutega amatwi radio, kureba televiziyo, muri iki
gihe nibo batangira gusura internet, mbese muri make, baba bafite aho
bakomora ubumenyi hatandukanye.
| peopollywood.com |
Aba bana noneho baba batangiye kuba bakorakora imyanya ndangagitsina yabo kugirango babonemo ibyishimo.
Aba
bana bo kuri iyi myaka baba bashobora gukina imikino iganisha ku ba
mamans n’abapapa, ariko kandi guhuza ibitsina muri iyi mikino yabo
ntibiba birimo. Ikindi ni uko aba bana bakagombye gukina imikino nk’iyi
ari uko bangana, kuko hajemo abakuru bashobora kubatera gukora ibyo
ubwenge bwabo butaratekereza.
Noneho imyaka icyenda irageze, wa mwana atangiye kwinjira mu bugimbi n’ubwangavu vuba vuba. Source
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!