Beyonce ngo Agira Ubwoba mbere yo Gutera Akabariro,kugira ngo ashimishe umugabo we mu buriri abanza kumva umuziki
Amakuru atangazwa n’ikinyamakuru cyitwa “GQ Magazine”, avuga ko ubwo cyasuraga umuryango wa Jay-z na Beyonce, uyu mugore yababwiye amwe mu mabanga akoresha kugira ngo ashimishe umugabo we mu buriri, dore ko ngo rimwe na rimwe bimutera ubwoba.
Mu kiganiro n’abanyamakuru ba GQ Magazine, Beyonce yavuze ko mbere y’uko akora imibonano mpuzabitsina akenshi aba afite ubwoba, abanza kumva indirimbo yitwa “Make love to me” y’umuhanzi Rick James, ubwoba bugashira agashimisha Jay-z kakahava. soma izind nkuru z'urukundo hano www.urukundo.info
Urakoze gusoma Igituba.org, shyiraho igitekerezo cyawe, inama, ubona ute iby'igitsina, experiences zawe, duhe inkuru n'amafoto ku igitsina kuri info@bangmedia.org
Turi kuri Facebook
http://www.facebook.com/groups/Igitsina
http://www.facebook.com/groups/rwandadating

0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!