Ubuhamya

Gukuna

Search This Blog

Ese Imboro Ikwiriye ni Ireshya Ite?


Amafoto y'Igituba | Video so Guswera

Nyuma yaho abantu benshi batubajije ku byerekeye uburebure bw’igitsina cy’umugabo bwakagombye, twabashakiye neza uko uburebure bw’igitsina cy’umugabo bungana, impamvu hari igihe umuntu agira igitsina gito no kubamara impungenge mwaba mufite. 

Ubundi iyo umwana w’umuhungu avutse aba afite igitsina cy’uburebure kuva cm2,5 Kugera kuri cm5, kuva k’umwaka umwe kugera kuri itanu nta bukure cyane bw’igitsina bukunze kugaragara , kuva ku myaka itanu kugera igihe aba atangiye kugimbuka nibwo igitsina gitangira kwiyongera mu burebure ariko nabwo bitari cyane kuburyo iyo umwana w’umuhungu atangiye kugimbuka igitsina cye kiba gifite uburebure bungana na cm6 ugereranyije. Mu myaka itandatu ya mbere y’ubugimbi nibwo igitsina cyiyongera mu burebure cyane ariko kandi mu buryo butandukanye bitewe n’umuntu, icyo gihe igitsina cy’umusore kigira uburebure buva kuri cm12 kugera kuri cm15 iyo cyafashe umurego. Ubu burebure akaba ari nabwo bugira abagabo bose muri rusange kuko kuva kuri iyi myaka kuzamura uburebure bw’igitsina butiyongera cyane.

Nubwo uburebure bw’igitsina cy’umusore cyafashe umurego bungana na cm12-cm15,uburebure bw’igitsina kitafashe umurego ngo bwaba bungana na cm8 kugera kuri cm10. Abagabo cyangwa abasore bafite ibitsina bidafite nibura cm7 z’uburebure(iyo cyafashe umurego), aba bo bafatwa nk’abafite uburwayi bw’ubukure bw’igitsina(micropenis). Ku bijyanye n’umuzenguruko w’igitsina cy’umugabo,ubushakashatsi bwagaragaje k’umusore mukuru cyangwa umugabo igitsina cye kigira umuzenguruko ungana na cm 12 ugereranyije(moyenne) iyo cyafashe umurego.

Ubusanzwe uburebure bw’igitsina cy’umugabo bwiyongera bitewe n’ibintu byinshi muri byo harimo, ibituruka m’umuryango we(genetic), ibindi bigaterwa n amatembabuzi aba mu mubiri w’umuntu (hormone) atera imikurire y’imyanya ndangagitsina cyangwa atera imikurire y’umubiri muri rusange. Hari n’abemeza ko uburebure bw’igitsina cy’umugabo bushobora kugenwa n’imirire ye(tuzabibagezaho mu nkuru yacu itaha). Ntawakwirengagiza ariko ko hari n’indwara zituma habaho ukudakura kw’imyanya ndangagitsina y’umusore cyangwa y’umugabo.

Abagabo n’abasore benshi bakunze kwireba bakibaza niba ibitsina byabo bitaba ari bigufi bikabije bagereranyije n’abo baba barabonye, ariko nagirango mbamare impungenge ko niba bari muri ibi bipimo nababwiye hejuru nta kibazo bakagombye kugira pe. Ibi bipimo ni ibyabonywe mu bushakashatsi bwinshi bwagiye bukorwa kandi bugakorerwa ku bagabo bagera ku gihumbi, bitavuze ko hataboneka ababirengeje cyangwa ababiri munsi. Ubutaha nzabagezaho uko umugabo yabigenza ngo uburebure bw’igitsina cye bwiyongere mu gihe yumva kuri we budahagije,kuko ntawakwirengangiza ko hari abakobwa cyangwa abagore badashimishwa n’abagabo bafie ibitsina bitoya.


Urakoze gusoma www.gituba.org, shyiraho igitekerezo cyawe, inama, , experiences zawe, duhe inkuru n'amafoto ku igitsina no ku urukundo kuri info@igituba.org
Kurikira iyi blog kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina

Shyiraho Igitekerezo!

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

Shyiraho igitekerezo cyawe!