Ubuhamya

Gukuna

Search This Blog

Ibyo Kugorama kw'Imboro


Amafoto y'Igituba | Video so Guswera

Kugorama kw’igitsina cy’umugabo ni indwara igaragazwa no kugorama bikabije kw’igitsina cy’umugabo, iyi ikaba ari indwara yavumbuwe bwa mbere n’umuganga  uvura indwara zibagwa wo mu gihugu cy’Ubufaransa, ari we Francois de la Peyronie, ahri ahagana mu mwaka wa 1743.

Nk’uko ikinyamakuru ‘penis courbe’ kibitangaza, bavuga ko nta muntu uzi neza ikintu gitera iyi ndwara. Cyakora, abahanga mu by’ubuzima bw’imyororokere bo batekereza ko iyi ndwara yaba iterwa n’impanuka ikabije yaba yageze ku gitsina, cyane cyane nko mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ikoresheje ingufu nyinshi cyane zikabije.

Bakomeza bavuga ko hari abagabo bamwe bagira ibitsina bigoramye ariko kugorama kwabyo bidaturutse kuri iyi ndwara ahubwo ugasanga ari ko bameze mu buryo bwa karemano. Ariko kandi ngo uko byaba bimeze kose, kugorama kw’igitsina cy’umugabo  bitera ububabare bukabije mu gihe umugabo akora imibonano mpuzabitsina ndetse bigatuma igitsina cy’umugabo kigaragara nk’aho ari gito mu burebure nyamara Atari ko bimeze. Ngo iyi ni yo mpamvu ituma abagabo  bafite iki kibazo bashaka ubufasha kwa muganga kugira ngo barebe ko igitsina cyabo cyagororoka.

Mu ngaruka ziterwa n’iyi ndwara, bavugamo kugira imikorere mibi y’igitsina mu bijyanye no gufata umurego, kwihina ndetse no gukomera bikabije kw’igitsina cy’umugabo, kwigunga bitewe no kutiyumva neza mu muryango.

Bakomeza bavuga ko abaganga bamaze kubona uburyo butari ukubagwa bwo gukosora iki kibazo. Ubwo buryo bukaba bukoresha akantu kameze nk’insimburagingo bita extenseur du penis gatuma igitsina kigororoka. Bavuga ko ubu buryo bubasha gukosora iki kibazo   ku rugero ruri hagati ya 40 na 70 ku ijana.

Mu bushakashatsi yakoze, Dr. Wendy avuga ko ku bagabo bafite igitsina kigoramye,  byaba ari karemano cyangwa bituruka ku ndwara ya ‘peyronie’ ari ngombwa  kujya kwa muganga  mu bihe bikurikira:

-Igitsina cyawe kikubabaza cyane mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina
-Mu gihe ubabara igitsina gifashe umurego
-Mu gihe wumva iki kibazo kikubangamiye


Tukaba rero tukugira inama yo kugana kwa muganga niba ufite iki kibazo kugira ngo uhabwe ubufasha.

Urakoze gusoma www.gituba.org, shyiraho igitekerezo cyawe, inama, , experiences zawe, duhe inkuru n'amafoto ku igitsina no ku urukundo kuri info@igituba.org
Kurikira iyi blog kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina

Shyiraho Igitekerezo!

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

Shyiraho igitekerezo cyawe!