Ubuhamya

Gukuna

Search This Blog

Rwanda: Ruswa y’igitsina iravuza ubuhuha


Amafoto y'Igituba | Video so Guswera

Ruswa y’igitsina iravuza ubuhuha mu batanga inguzanyo no mu bakoresha


Ubushakashatsi bwakozwe na Transparency Rwanda, bwagaragaje ko Ruswa igikomeje kugaragara hirya no hino mu Rwanda, kandi itagaragara ikaba iteye impungenge.

Mu kiganiro na Radio Contact Fm, Umuyobozi wa Transparency Rwanda Ingabire Marie Immaculée avuga ko ruswa ishingiye ku gitsina ari kimwe mu bibangamira iterambere ry’umurimo. Ingabire avuga ko iyi ruswa ishingiye ku gitsina iriho cyane, kandi yafashe intera nini, ikibazo gikomeye kikaba ko itanamenyekana bihagije bitewe no kuba ibyerekeye igitsina bigirwa ubwiru cyane muri Sosiyete Nyarwanda, na za gihamya zikagorana kuboneka.

Madamu Ingabire Marie Immaculée yavuze ko ubushakashatsi bwakozwe na Transparency Rwanda bugaragaza ko iyi ruswa ishingiye ku gitsina yiganje ahanini mu batanga akazi (abakoresha), haba mu bigo bya Leta cyangwa ib’abikorera, ndetse no mu batanga inguzanyo mu mabanki.

Ubushakashatsi bwakozwe na Transparency Rwanda mu gihugu hose mu bigo bisaga 200 bitanga akazi bwagaragaje ko ingaruka z’iki kibazo cya Ruswa ishingiye ku gitsina zigera cyane cyane ku bashaka akazi bwa mbere; by’umwihariko abakobwa n’abagore.  Hari n’abagore bayitanga kugira ngo babone indonke cyangwa ngo bazamurwe mu ntera.

Umuyobozi wa Transparency Rwanda  avuga ko iyo bamaze kubona ibimenyetso by’ibikorwa nk’ibi babishyikiriza inzego zinyuranye zibasha gukora iperereza ryimbitse n’izibasha gufata ibyemezo ku bibazo nk’ibi.

Bamwe mu baganiriye na IREME.net kuri iki kibazo nabo bagaruka ku kuba iyi Ruswa iriho ariko ntibayivugeho rumwe. Bamwe bagenda mu murongo wa ya mvugo igira iti : “Aho gupfa none wapfa ejo”, bigatuma bemera ibyo basabwa kuko ngo akazi kabuze. Abandi bavuga ko n’iyo ubyanze haboneka abana bashabutse, akazi bakakegukana. Bake cyane nibo batubwiye ko bakwemera kubura cyangwa gutakaza akazi.

Ikindi cyagarutsweho n’abo twaganiriye ni ukuba iyi Ruswa ishingiye ku gitsina ikunze gusabwa abatangira akazi, abakarambyemo badatanga umusaruro, cyangwa abashaka ubutoni ku babakuriye. Impungenge zindi ni uko hari abavuga ko haba ubwo n’iyi ruswa ihinduka inshingano ihoraho kugira ngo umukozi adatakaza akazi yahawe atavunitse, kabone n’iyo yaba ashoboye kugakora neza uko bikwiye atagombye kwigura. Ireme.net

Urakoze gusoma www.gituba.org, shyiraho igitekerezo cyawe, inama, , experiences zawe, duhe inkuru n'amafoto ku igitsina no ku urukundo kuri info@igituba.org
Kurikira iyi blog kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina

Shyiraho Igitekerezo!

Related Posts by Categories



4 comments:

Ommy dj said...

Gusa iyo ruswa irahari hose gusa abakobwa nibo babyitera bitewe n'imyambaro yabo migufi

Ommy dj prom@ said...

Abakobwa bazajya bitera ibibazo noneho batume itangazamakuru ribafataho umwanya kdi batumva.bisubireho kuko imyambarire yabo ituma babasaba kugarama.

Anonymous said...

Murabivuga kuko mutazi ingaruka yo kutemera kuryamana n'umukoresha wawe! Ubu naciye ukubiri n'urubaro sinkigera murugo kubera yo!

Anonymous said...

Ubuse ko abana banjye natahaga bakambona, bakaba baranciriye iyo gihera, nzasubira murugo rimwe mukwezi ubwo ndakirereye se? Kubyemera ni ikibazo ariko no kubireka ni igitabo! ubu ingaruka zo kubyanga zimaze kundembya sha mujye mwicecekera abantu baba barashize

Post a Comment

Shyiraho igitekerezo cyawe!