Ubuhamya

Gukuna

Search This Blog

Ibyo Gukunda Umuntu Ukamwimariramo n'ingaruka zabyo


Amafoto y'Igituba | Video so Guswera

amafoto y'abakundana
 Ese gukunda umuntu ukamwimariramo cyane byaba bigira izihe ngaruka mu buzima


Mu rukundo, usanga akenshi na kenshi buri wese aba afite icyo akurikiye ku muntu cyangwa bakundana, hari bamwe usanga bafite ibintu bagenderaho ndetse n’inyungu bakurikiye mbere yo kwinjira murukundo aho usanga bamwe batangira kugira inzozi nyinshi kub yo b ifuza kandi bararikiye.Rimwe na rimwe rero iyo izi nzozi z’uwakunze cyangwa uwankunwze zitabaye impamo cyangwa ntagere kucyo yifuzaga kugeraho usanga kenshi na kenshi yumvako adakunzwe cyangwa agatan ;gira guhangayika, dore ko kuri bamwe bibaviramo no kwiyanga.


Benshi baba bifuza kumenya uko umuntu yakwitwara kugirango igihe utageze ku cyo wifuzaga kugeraho mu rukundo cyanngwa mugihe inzozi zitabaye impamo .

Nk’uko umuhanga mu by’imibanire y’abantu Sylvaine Pascual yabitangaje, akenshi kubabara ndetse bivanze n’agahinda mu rukundo rutagenze uko wabyifuzaga, ntibiterwa akenshi n’ikosa ry’urukundo ahubwo biterwa no gutekereza ko uwo ukunze atita ku byifuzo byawe bityo atabihaza ukangizwa n’agahinda akenshi ugorwa no kwihanganira.

Umuti watanzwe kenshi n’inzobere, ni ukwiyumvisha ko uwo ukunda atari we kamara kandi ko atazarangiza ibyo wifuza byose kandi ntumuhe umwanya ukabije ndetse n’ububasha burenze bwo kuba yatuma ubuzima bwawe bw’uzura umunezero cyangwa agahinda. Nk’uko abahanga mu mibanire bakomeza kubitsindagira, ni ingenzi kumenya ko uwo urimo guhereza umutima wawe nawe ari umuntu bityo akaba afite ibyiza ndetse nibibi ntiwumveko ntakosa yakora kuko ib i bigufasha kwiyakira mu gihe yagukoreye ikosa iryo ariryo ryose.

Urukundo rushobora kubabaza rukageza ndetse n’aho nyirukunanirwa kubyakira yahungabana mu mutwe bikabije, ariko nubwo iteka nyiri guhemukirwa mu rukundo atariwe ubw’itera, hari ubwo kuzahazwa n’ibikomere by’urukundo n’ingorane aba ariwe ubwitera cyane cyane iyo yeguriye uwo yakunze ububasha bwo kugenga umunezero we cyangwa agahinda ke akumva ko uwo akunda ashobora byose maze akirengagizako nta muntu kamara.

Ninayo mpamvu burya mubuzima nta muntu kamara ubaho.


www.gituba.org
Kurikira iyi blog kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina(Groupe)
http://www.facebook.com/Igitsina (Page)
Shyiraho Igitekerezo!

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

Shyiraho igitekerezo cyawe!