Mu gitaramo kibimburira ibyo yise
Bangerz tour ari gukorera i Burayi, umuhanzikazi Miley Cyrus yatunguye
abari baje kumureba maze asaba abafana bose gusomana n’abo bahuje
ibitsina nk’ikimenyetso cy’uko ubutinganyi bukwiye gushyigikirwa .
Akigera ku rubyiniro yakoraga ibintu benshi batishimiye
Nk’uko MailOnline yabitangaje, uyu mukobwa akigera ku rubyiniro mu
gitaramo yakoreye mu mujyi wa London ahitwa The O2 arena, yabanje gukora
ibikorwa by’urukozasoni kuri we, aho yakinishaga imyanya ndangagitsina
ye, kwikorakora ku gitsina akoresheje urutoki akanarushyira mu kanwa
n’ibindi . Mu minota 10 ya mbere, abafana batunguwe no kubona Miley
Cyrus yikora ibi bintu mu ruhame .
Uyu mukobwa wari umaze iminsi arwaye ari nayo mpamvu yahagaritse ibi
bitaramo mu minsi ishize , amaze kwikora ibyo, yatangiye igitaramo ariko
akajya anyuzamo agakora udushya twagiye dutungurana .
Uyu mukobwa yari yambaye ikanzu idoze mu madorali
Umwe mu bitabiriye iki gitaramo cya Miley Cyrus waganiriye n’iki
kinyamakuru yavuze ko nubwo uyu muhanzikazi yakoraga bimwe mu bikorwa
biteye isoni ngo yanywaga amazi anayamena ku bafana be ndetse yanavugiye
ku rubyiniro ko ibyo ari gukora atabitewe n’ubusinzi.
Benshi ntibishimiye Miley Cyrus i London
Ati, “Miley Cyrus yanywaga amazi akanayamena ku bafana be, yabasabaga
gusomana n’abo badahuje ibitsina. Yavuze ko nta cyo bitwaye kuba
wasomana n’umusore mugenzi wawe cyangwa hagati y’abakobwa . yatubwiraga
ngo dusomane babyerekane kuri televiziyo ya rutura yari ahabereye
igitaramo”
Nyuma y’iki gitaramo cyabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki
ya 06 Gicurasi 2014 benshi mu bari bacyitabiriye bagaragaje ko
batishimiye uyu mukobwa kubera ibyo yakoze . Ku mbuga za twitter bamwe
bagaragazaga ko akwiye kwicisha bugufi kuko ataragera ku rwego rwa
Rihanna .
Umwe yagize ati, “Afite indirimbo 3 abaturage bazi gusa . Muzambwire nze murebe nagera ku rwego rwa Rihanna”
Miley Cyrus hano yashakaga gusoma ibere ry'umubyinnyi we
Undi ati, “Njyewe ndifuza ko……twamuhuza na Justin Bieber mu kibuga
bakarwana. Miley Cyrus akwiye guhinduka akaba umuntu muzima, ni umwe mu
bantu bateye ishozi nabona udakwiye kureba . Ahubwo kuba abana bato
bamureba njyewe bintera ikibazo”
MailOnline/Igihe
www.gituba.org
Kurikira iyi blog kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina(Groupe)
http://www.facebook.com/Igitsina
(Page)
Related Posts by Categories
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!