Umugore yavugishije abantu amagambo menshi nyuma yo
kwiyambura ubundi akajya gukorakora(Caresses) igishushanyo cya
nyakwigendera Nelson Mandela muri Sandton, mu gihugu cya Afrika y’Epfo.
Star Newspaper yatangaje iyi nkuru ivuga ko kuri uyu wa mbere nimugoroba aribwo umugore yiyambuye imyenda yose imbere y’igishushanyo cya Nelson Mandela ufatwa nk’intwali ikomeye ku isi yose ubundi agatangira kugikorakora. Abantu bari hafi yahoo iki gishushanyo kiri baratangaye ndeyse bagwa mu kantu. Bivugwa ko umugore umwe yakubise umugabo we mu mutwe kubwo kurangarira no gushaka kwegera uwo mugore wari uri gukorakora igishushanyo cya Mandela. Aabntu ku mbugankoranyambaga bakaba bari gukora uko bashoboye ngo babashe kumenya uwo mugore n’ibimwerekeyeho.

Ni uku uyu mugore yari ari gukorakora iki gishushanyo cya Mandela

Ubwo yarangizaga igikorwa cyamuzanye
Abashinzwe kugenzura no kubangabunga iyi shusho ya Mandela bavuga ko nabo babwiwe iby’uyu mugore. Uyu mugre ntiyigeze ahanirwa iki gikorwa cyane ko n’umwirondoro we utigeze umenyekana.
Igikomeje kwibazwa na benshi ni icyaba cyarateye uyu mugore gukora iki gikorwa gisa n’ubusambanyi ariko akagikorera ku ishusho ya nyakwigendera Nelson Mandela
Star Newspaper yatangaje iyi nkuru ivuga ko kuri uyu wa mbere nimugoroba aribwo umugore yiyambuye imyenda yose imbere y’igishushanyo cya Nelson Mandela ufatwa nk’intwali ikomeye ku isi yose ubundi agatangira kugikorakora. Abantu bari hafi yahoo iki gishushanyo kiri baratangaye ndeyse bagwa mu kantu. Bivugwa ko umugore umwe yakubise umugabo we mu mutwe kubwo kurangarira no gushaka kwegera uwo mugore wari uri gukorakora igishushanyo cya Mandela. Aabntu ku mbugankoranyambaga bakaba bari gukora uko bashoboye ngo babashe kumenya uwo mugore n’ibimwerekeyeho.
Ni uku uyu mugore yari ari gukorakora iki gishushanyo cya Mandela
Ubwo yarangizaga igikorwa cyamuzanye
Abashinzwe kugenzura no kubangabunga iyi shusho ya Mandela bavuga ko nabo babwiwe iby’uyu mugore. Uyu mugre ntiyigeze ahanirwa iki gikorwa cyane ko n’umwirondoro we utigeze umenyekana.
Igikomeje kwibazwa na benshi ni icyaba cyarateye uyu mugore gukora iki gikorwa gisa n’ubusambanyi ariko akagikorera ku ishusho ya nyakwigendera Nelson Mandela
Kurikira iyi blog kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina(Groupe)
http://www.facebook.com/Igitsina (Page)
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!