www.gituba.org
Uyu muhanzi Justin Bieber yatunguye abantu ubwo yikuragamo
imyenda y’ imbere y’imbaga y’abafana bari bitabiriye umuhango Fashion
Rocks uhuza ibyamamare bya muzika n’abanyamideli bakomeye batandukanye
muri New York ho muri leta z’unze ubumwe z’America.
Uyu musore w’imyaka 20 y’amavuko ukomoka muri Canada kumugoroba wo kuri uyu wakabari ubwo bari mumuhango w’ibirori bya Fashion Rocks biba buri mwaka bikaba biba buri mwaka uyu musore uwo yari kurubyiniro bamubaza ibibazo bitandukanye yereknaye ko ntasoni atewe isoni no kwerekana ibice bye byibanga akuramo imyenda yari yambaye.
Ubwo uyu musore yari kumwe n’umunyamideli witwa Lara Stone w’imyaka 30, yarimo avuga kuri uyu muhanzi mu ikoti ry’ubururu, ipantalo y’umukara ndetse n’inkweto z’umukora yahise yifata ashyira micro hasi ubundi ahita akuramo imyenda yari yambaye imbere yimbaga nyamwinshi yari yitabiriye ibi birori.
Dore uko byari bimeze mu amafoto:
Kurikira iyi blog kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina(Groupe)
http://www.facebook.com/Igitsina (Page)
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!