www.gituba.org
http://igitsina.topstories24.com
Ubundi muri rusange usanga abakobwa benshi baba
bifuza kugira ikibuno kinini kandi giteye neza, urugero nk’iki cyamamare
kim Kardashian, Nick Minaj, Jennifer Lopez n’abandi aho bagikoresha
nk’intwaro ikurura abagabo.
Bityo niba nawe wifuza koko kugira ikibuno kinini kandi giteye neza hano twakuzaniye imwe mu bwoko bw’imyitozo 5 wakora maze ukakizana nkuko ikinyamakuru cya Elcrema cyashyize ubwo bwoko mu mafoto.
1.Kumanuka ubundi ukagera hagati maze ukamara nk’iminota 3 ukongera ukazamuka ubundi ukabikora kugeza igihe uruhiye
2.Kumanuka ubundi agatuza ukagashyira imbere maze ikibuno cyikajya inyuma ubundi ukamarayo iminota itatu maze ukongera ukazamuka ugakora kugeza igihe uruhiye
3.Kwiruka uzamuka esikaliye,ibi nabyo urabikora kugeza igihe wumva unaniriwe
4.Akaguru imbere akandi inyuma maze ukarambura amaboko imbere ubundi ukagenda utera intabwe ujya imbere
5.Guterura ibyuma mu maboko yombi ariko bitaremereye cyane ubundi ukunama maze ukazajya umanuka ndetse unazamuka kugeza igihe uruhiye.
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!