Umunyamiderikazi w’imyaka 30 y’amavuko ukomoka mu
gihugu cy’Ubutaliyani uzwi ku izina rya Victoria Wild avuga ko
byamutwaye akayabo k’amayero ibihumbi 30 kugira ngo iminwa ye ngo itere
nk’igitsina cy’abagore.
Afite imyaka 25 y’amavuko umukunzi we w’umunyemari nawe w’umutaliyani witwa Simon niwe ngo wamuteye inkunga kugira ngo agree ku nzozi ze none yazigezeho nkuko we ubwe abyitangariza.
Kugira ngo umunwa we ngo bawukore maze utere nk’igitsina cy’umugore byamutwaye amayero 30,000,kuko ngo haba amaso ndetse n’amabere babikoreye icyarimwe n’umunwa ngo kugirango agaragare neza koko nkicyo gitsina.
Mbere nuku yarameze
Ibi bikaba byaratunguye abantu benshi ubwo yajyaga gusura inshuti ye y’umukobwa yo mu bwana yitwa Latvia ubwo yamubonaga maze igatangara bitewe nuburyo yahindutse kuko ngo mbere yarafite mu gatuza hato cyane iminwa ye yari mito,ingohe zo yasaga nkaho ntazo agira.
Mu byo Victoria yatangaje yagize ati “mu myaka yajye yashize sinarinzi ko umuntu bashobora kumuhindura,kuko nubundi kuva kera nahoraga mfite ikiroto cyo gusa n’igitsina cy’abagore,kugira mu gatuza hanini ndetse n’amaso manini”.
Akomeza agira ati “Nkunda uko igitsina cy’umugore kigaragara,giteye neza ndetse kiba gitangaje,ari nayo mpamvu nahisemo kugira igisa nk’ishusho yacyo ku mutwe wajye,jye ubu ndumva nishimiye uko meze noneho”.
Iyi niyo shusho afite ubu
“Umukunzi wajye Simon akunda igitsina cyajye uko giteye,ari nabyo byanteye gushushanya imiterere yacyo nk’umunwa wajye,abantu baranyitegereza cyane ku muhanda kandi abagabo baranyishimira,na Simon nawe biramushimisha iyo abonye uburyo abantu banyitayeho cyane”.
“Natwaye ibihembo by’inshi by’umunyamiderikazi mwiza bitewe nuko ngaragara,bityo jye nifuza kuzaba nk’igishushanyo mbonera cy’igitsina cy’umugore”.
Afite imyaka 25 y’amavuko umukunzi we w’umunyemari nawe w’umutaliyani witwa Simon niwe ngo wamuteye inkunga kugira ngo agree ku nzozi ze none yazigezeho nkuko we ubwe abyitangariza.
Kugira ngo umunwa we ngo bawukore maze utere nk’igitsina cy’umugore byamutwaye amayero 30,000,kuko ngo haba amaso ndetse n’amabere babikoreye icyarimwe n’umunwa ngo kugirango agaragare neza koko nkicyo gitsina.
Ibi bikaba byaratunguye abantu benshi ubwo yajyaga gusura inshuti ye y’umukobwa yo mu bwana yitwa Latvia ubwo yamubonaga maze igatangara bitewe nuburyo yahindutse kuko ngo mbere yarafite mu gatuza hato cyane iminwa ye yari mito,ingohe zo yasaga nkaho ntazo agira.
Mu byo Victoria yatangaje yagize ati “mu myaka yajye yashize sinarinzi ko umuntu bashobora kumuhindura,kuko nubundi kuva kera nahoraga mfite ikiroto cyo gusa n’igitsina cy’abagore,kugira mu gatuza hanini ndetse n’amaso manini”.
Akomeza agira ati “Nkunda uko igitsina cy’umugore kigaragara,giteye neza ndetse kiba gitangaje,ari nayo mpamvu nahisemo kugira igisa nk’ishusho yacyo ku mutwe wajye,jye ubu ndumva nishimiye uko meze noneho”.
“Umukunzi wajye Simon akunda igitsina cyajye uko giteye,ari nabyo byanteye gushushanya imiterere yacyo nk’umunwa wajye,abantu baranyitegereza cyane ku muhanda kandi abagabo baranyishimira,na Simon nawe biramushimisha iyo abonye uburyo abantu banyitayeho cyane”.
“Natwaye ibihembo by’inshi by’umunyamiderikazi mwiza bitewe nuko ngaragara,bityo jye nifuza kuzaba nk’igishushanyo mbonera cy’igitsina cy’umugore”.
Kurikira iyi blog kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina(Groupe)
http://www.facebook.com/Igitsina (Page)
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!