Icyateye aba baturage guha impano y’umugore uyu munyamakuru, si urundi rukundo ahubwo n’ukubera inka yabahaye. Uyu munyamakuru akaba yarageneye abaturage bo mu mudugudu inka, nabo baricara bashaka kumuha impano mu rwego rwo kumushimira. Muri ako gace ko muri Africa y’Epfo hakaba hari itegeko ryemerera umubyeyi kuba yatanga umukobwa we ho impano, akaba yamutanga mu muryango runaka cyangwa se akamuha umuntu runaka igihe cyose yumva abyifuza. Ni muri urwo rwego rero n’aba baturage bafashe icyemezo cyo guha uyu munyamakuru ukunzwe cyane impano y’umukobwa, igitangaje n’uko mu gutanga uwo mukobwa ho impano bamuzanye yambaye ubusa. Uyu munyamakuru akaba yemeza ko atanga izo nka atari yiteze iyo mpano ariko akaba avuga ko impano yahawe yayakiriye kandi ko yamushimishije.
Kurikira iyi blog kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina(Groupe)
http://www.facebook.com/Igitsina (Page)
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!