www.gituba.org

Uyu mubyeyi akaba atabaza nyuma y’uko umukobwa we afatiwe mw’ishuri
yikinisha. Uyu mu mama wo mu gihugu cya Tanzaniya akaba yari asanzwe
abizi ko umukobwa we yikinisha kuko yari yarigeze kumufata inshuro 3
yikinisha, ariko agerageza kumucyaha kuburyo yumvaga ko ingeso arimo
kuyicikaho. Nyamara siko biri kuko umukobwa yagerageje kubyikuramo
biranga bimubaho karande, kuburyo n’inshuro yikinishaga ku munsi zagiye
ziyongera.

Uyu mwana wemeza ko nta n’umukunzi agira, akaba avuga ko buri gihe
iyo yicaye wenyine nta kindi atekereza uretse kwikinisha agahita yumva
arabishatse cyane. Uku ninako byamugendekeye ubwo yarari mu ishuri,
abandi bana bajya mu karuhuko we agahita atangira kwikinisha ari nabwo
abarimu bamugwagaho bakabimenyesha umubyeyi we. Uyu mubyeyi bikaba
byamuteye kwiheba cyane kuko yabonye ko ikibazo cy’umukobwa we kimaze
gufata indi ntera.
Bamwe bamugiye inama yo gushakira uwo mukobwa we umugabo abandi
bamubwira kumujyana mu bigo bibifitiye ubushobozi mu rwego rwo kumufasha
gucika kuri iyo ngeso. Ariko uyu mubyeyi we aratabaza asaba abantu bose
gusengera umukobwa we kugira ngo areke kwikinisha.
Kurikira iyi blog kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina(Groupe)
http://www.facebook.com/Igitsina
(Page)
Related Posts by Categories
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!