www.gituba.org
Icyamamare
mu muziki ku isi, Jennifer Lopez yashyize ku karubanda ifoto ye
igaragaza ubwambure bwe none benshi mu bakunzi baherereye mu bice
bitandukanye by’isi bakomeje kuyivugaho menshi mu gihe we yavuze ko yari
akon je ashaka agashyuhe.

Ubwo
uyu muhanzi yamaraga gushyira ifoto ye kuri instagramm yashyizemo
amagambo avuga ko yabonaga hakonje biba ngombwa ko yifuza kugaruka ku
kazuba, arangije ashyiraho iyo foto yambaye imyambaro y’imbere.

yagize
ati : « hari hakonje cyane mu gitondo, nifuzaga ko izuba (impeshyi)
igaruka, ndetse akomeza asobanura ko aginka cyane ibihe by’ impeshyi
(by’ubushuhe), uruhu ruhehereye, umuntu yirirwa kuri piscine yumva
amafu.

Uyu
muhanzi w’imyaka 45 y’amavuko n’ ubwo bwose arimo kugenda asaza ariko
umuziki we ntusaza dore ko anaherutse kubyina imbere y’abafana mu mujyi
wa New York benshi bibaza ko yaba ari we mu myaka 45 cyangwa ko yaba ari
Jennifer wo hambere.
Ushinzwe
gutoza uyu muhanzi, yahise aboneraho gutangariza itangazamakuri i
Hoollwood ko kuva na kera na kare kugeza magingo aya, uyu muhanzi akora
imyitozo ngororamubiri ku buryo ajya ku rubyiniro arekutse mu mubiri.

By’umuwihariko
Jennifer Lopez amaze gutandukana n’abagabo 3 ndetse akaba atangaza ko
nta pfunwe bijya bimutera mu bandi kuba yaragiye abana n’abagabo nyuma
bakagenda bashwana, ngo byose abikora abizi kandi akaba ashaka umutuzo
hamwe n’abana be.
Kurikira iyi blog kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina(Groupe)
http://www.facebook.com/Igitsina
(Page)
Related Posts by Categories
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!