www.gituba.org
Mariah Carey umaze igihe gito atandukanye n’umugabo we bari bamaranye
imyaka 6 nta bwo yemeye ko ibibazo bye bwite byamuca intege mu
mwuga we wo kuririmba,ubwo yari ari mugitarmo mu Bushinwa mu ijoro ryo
ku cyumweru mu ntar ya Chengdu yambaye akajipo kagufi cyane aho yari
afite akanyamuneza kenshi
Mu
minsi ishize ubwo Mariah Carey yari mu gitaramo muri Tokyo nta bwo
byagenze neza kuko yageze hagati riragenda ubwo yaririmbaga indirimbo
ye” we belong together “ .Abafana batangaje ko Mariah Carey atagishoboye
kuririmba akwiye kwiyicarira gusa nubwo yagize igisebo biragaragara ko
atacitse inenge ahubwo agikataje mu mwuga we wo kuririmba.
Nick
Cannon wahoze ari umugabo we yatangaje ko arimo kugerageza gukora ibyo
ngomba gukora kugira ngo asubire ku murongo ati kandi tatuwage nari
mfite yanditseho izina rye nayikuyeho gusa uburibwe buracyari bwose.
AMAFOTO
Kurikira iyi blog kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina(Groupe)
http://www.facebook.com/Igitsina (Page)
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!