Ubuhamya

Gukuna

Search This Blog

Kigali: Haravugwa amacenga mu bana n’ababyeyi babahisha filimi z’ubusambanyi


Amafoto y'Igituba | Video so Guswera

www.gituba.org
Nubwo bikunze kurebwa nk’amahano ku bantu bashobora gufatirwa mu cyuho bareba filimi z’urukozasoni (pornographie), bivugwa ko ababyeyi batandukanye mu Mujyi wa Kigali batunga izi filimi ndetse bakazihisha aho bahmya ko abana babo batapfa kugera. Mu gihe abyeyi bamwe bemeza ko badashobora kubura izi filimi mu byumba byabo kuko hari ibyo zibafasha mu kuzuza inshingano zo mu rugo, hari ubwo abana nab o bazigwaho ababyeyi batabizi bakajya bazireba igihe badahari ndetse bakirinda icyazatuma ababyeyi babimenya.
Ubwo umunyamakuru wa IGIHE yaganiraga na bamwe mu bashakanye ariko ubuna ko bakiri abasore, bagiye bamwereka bumwe mu buryo izi filimi benshi mu bashakanye baba bazitunze.
Umugabo umwe utuye mu Murenge wa Nyamirambo ahitwa ku Kivugiza we yiyemerera ko mu cyumba cye atunze iyi filimi abenshi bita ak’abakuze.

Kigali: Haravugwa amacenga mu bana n’ababyeyi babahisha filimi z’ubusambanyi
Abana bahenga ababyeyi bagiye bagacukumbura ububiko
Yagize ati “Njye ndayitunze kandi si njye wa mbere uyifite kuko no kugira ngo nyigure ni bagenzi banjye bagera kuri batatu bashatse babinshyizemo cyane. Iramfasha cyane mu bijyanye n’amabanga yanjye y’urugo kuko hari igihe ntaba mfite n’ibyo bitekerezo ariko namara gushyiramo iyo filimi igatuma noneho mbyishyiramo.”
Undi mugabo uri mu kigero cy’imyaka 40 anafite abana babiri umuhungu n’umukobwa , avuga ko atunze izo filimi ebyiri mu cyumba cye ariko kure cyane kubera ko aba atinya ko abana bazazireba.
Yagize ati “Sinabeshya ko ntazitunze ndazifite zituma ndushaho gushimisha umugore kuko zinyigisha n’ibyo ntari nzi gukora; usanga njye n’umugore dukunda kuzireba cyane uretse ko nzihisha kure mu kabati mbikamo imyenda kubera kwanga ko umwana wanjye umaze kugira imyaka 10 ashobora kuzazigwaho akazireba… Ikigero arimo amaze kumenya kwishyiriramo ka filimi ashaka kureba akakareba.”
Zimwe mu ngimbi n’abangavu muri Kigali bemeza ko nubwo ababyeyi baba bazihishe, hari igihe bajagajaga ibikoresho baba bazi ko batemerewe gukoraho bakazigwaho, ubundi bakajya bazirebaho igihe ababyeyi bagiye ku kazi n’indi minsi badahari.
Abakuze bazi ko ntaho bahisha abana babo, bemeza ko gutunga izi filimi ari byiza ku bashakanye ariko bigoye kuzihisha abana kuko na bo baba bafite amatsiko y’ibyo ababyeyi badashaka ko babona.
Kurikira iyi blog kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina(Groupe)
http://www.facebook.com/Igitsina (Page)
Shyiraho Igitekerezo!

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

Shyiraho igitekerezo cyawe!