Ubuhamya

Gukuna

Search This Blog

Umuhanzikazi Desire Luzinda ari mu mazi abira kubera amafoto ye yambaye ubusa


Amafoto y'Igituba | Video so Guswera

www.gituba.org
Desire Luzinda umwe mu bakobwa bamaze kwigaragaza neza mu muziki muri Uganda akomeje gushakishwa na Polisi yo muri iki gihugu nyuma y’uruhererekane rw’amafoto y’urukozasoni ndetse n’amagambo ateye isoni yagiye akoresha ubwo yaganiraga na nyiri SC Villa , Fred Misagga, kuri WhatsApp bikekwa ko bari mu rukundo rwihishe.

Nyuma y’uko Desire yagiye yoherereza uyu mugabo yise Uncle Ben muri telephone ye amafoto yambaye ubusa aherekejwe n’amagambo amubwira ko akunda imibonano mpuzabitsina yoroheje, ayo mafoto yaje kugera hanze ndetse akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga zo muri iki gihugu nk’uko Chimpreports ibitangaza.
Umuhanzi Desire Luzinda ari mu mazi abira kubera amafoto ye yambaye ubusa
Nafatwa azakurikiranwa n'Ubutabera bwa Uganda ku bw'icyaha gikomeye akurikiranyweho
Desire yaciwe mu muryango we aho se yavuze ko yabaye ikivume bityo akaba atakimukeneye mu bana be. Yagize ati “Guhera ubu ntazongere kwibara mu bana nabyaye kuko ankojeje isoni ku rwego rwo hejuru”.
Kugeza ubu biravugwa ko uyu mukobwa yaba acumbitse mu Karere ka Ibanda kwa nyirakuru aho akomeje kwihisha amaso y’abantu ndetse na Polisi imushakisha.
Desire ahuye n’ibi bibazo nyuma yo gutandukanya n’umunyacanada wari umukunzi we. Nyuma yahise acudika na Franklin wo muri Nigeria ndetse n’uyu yita Uncle Ben bohererezanyaga aya mafoto.
Umuhanzi Desire Luzinda ari mu mazi abira kubera amafoto ye yambaye ubusa
Nk’uko byagiye bigaragara mu biganiro Desire yagiye agirana na Misagga kuri WhatsApp, yari yamwemereye kumubera umutima w’urugo ndetse ku ikubitiro bari bafite gahunda yo gusohokera muri Serena Hotel i Kampala kuri iki Cyumweru.
Umuhanzi Desire Luzinda ari mu mazi abira kubera amafoto ye yambaye ubusa
Desire Luzinda na Franklin wo muri Nigeria
Nyuma yo kuba bihemu ku basore bagera kuri babiri ndetse no kwiyandarika akishyira ku karubanda, biteganyijwe ko Desire nafatwa azashyikirizwa ubutabera bukamukanira urumukwiriye dore ko hari itegeko rihana uwo ari we wese ukwirakwiza cyangwa akerekana ibikorwa by’urukozasoni mu ruhame muri Uganda.

Kurikira iyi blog kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina(Groupe)
http://www.facebook.com/Igitsina (Page)
Shyiraho Igitekerezo!

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

Shyiraho igitekerezo cyawe!