www.gituba.org
http://igitsina.topstories24.com
Mu miryango itari mike
usanga bahangayikishwa no kubyara abana b’igitsina kimwe aho bamwe
usanga barabyaye abakobwa gusa ariko nta muhungu naho abandi bakabyara
abahungu gusa. hari uburyo bujya buvugwa ko abantu bakoresha ariko ntago
byakorewe ubushakashatsi ngo bwemezwe.
ubu buryo rero nibwo buvugwa buhereye ku buryo chromosome X n Y bikora
aho chromosome Y yihuta ariko ntibeho igihe kinini ikamara amasha 24
gusa naho X ikagenda buhoro ariko ikamara amasaha 48 :
- Bivugwa ko iyo ushaka umuhungu ukora imibonano mpuzabitsina k’umunsi intanga ngore iba yasohotse mu dusabo(ovulation) kuri uwo munsi mushobora kubyara umuhungu kuko chromosome ya Y itanga umuhungu yihuta kurusha iya X itanga umukobwa ariko ikaba itihangana bityo niyo yihuta hagahita hasamwa umuhungu.
- Naho iyo ushaka umukobwa bikavugwa ko ukora imibonano mpuzabitsina mbere gato ya ovulation bityo ikazaba hasigaye chromosome X ikageza ku masaha 48 noheho hagasamwa umukobwa. Ibi ariko ntibyemezwa na science nkuko twabitangarijwe na Muganga Jean Paul , ndetse bimaze kugaragara ko chromosome z’umugabo zishobora gutegereza kugeza ku minsi itandatu.
Ubundi buryo bamwe bavuga ni uko babisengera bakabisaba Imana. ubu buryo nabwo kuri bamwe birakunda bakabona uwo bashakaga abandi ntibikunde.
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!