Ubuhamya

Gukuna

Search This Blog

Scarlett Johansson yakoze ubukwe mu ibanga


Amafoto y'Igituba | Video so Guswera

www.gituba.org
Nyuma y’ibihuha byari bimaze iminsi bivugwa ko umukinnyi wa filime Scarlett Johansson yashyingiwe rwihishwa, yeruye avuga ko yakoze ubukwe mu ibanga kandi ko ari uburenganzira bwe. Uyu mukinnyi wa filime akaba n’umunyamideli yemereye itangazamakuru ko yakoze ubukwe tariki 1 Ukwakira 2014 akanga kubitangaza.
Nk’uko Dailymail yabitangaje, byatangiye kuvugwa ko yakoze ubukwe nyuma y’uko agaragaye yambaye ikanzu irabagirana ariko we akabitera utwatsi.
Umwe mu batuye mu gace ka Granite wabonye ubu bukwe buba, yatangarije ikinyamakuru People Magazine ko Scarlett Johansson na Romain Dauriac bakoze ubukwe tariki 1 Ukwakira, bukabera mu Mujyi wa Philipsburg muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Scarlett Johansson yakoze ubukwe mu ibanga
Imihango y’ubukwe yabaye nyuma y’iminsi ine bibarutse imfura yabo bise Rose.
Scarlett na Romain ntibashatse kubitangaza kuko bifuje ko byaguma ari ibanga ryabo kuko ari ubuzima bwabo bwite.
Ubu ni ubukwe bwa kabiri Scarlett akoze nyuma yo gutandukana na Ryan Reynolds bashyingiranywe muri 2008.
Scarlett Johansson yakunzwe cyane muri filime nka ‘Lucy’ imaze iminsi mike hanze, ‘Under the Skin’, ‘Avengers’ n’izindi. Azwi kandi mu ndirimbo nka Before my time, The Moon Song, ndetse agaragara mu mashusho y’indirimbo What goes around comes around ya Justin Timber Lake.
Scarlett Johansson yakoze ubukwe mu ibanga

Kurikira iyi blog kuri facebook

http://www.facebook.com/Igitsina (Page)
Shyiraho Igitekerezo!

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

Shyiraho igitekerezo cyawe!