www.gituba.org
Umwana w’imyaka 3 gusa y’amavuko ukomoka mu karere ka Lwengo ho mu
gihugu cya uganda utatangarijwe amazina aravugwaho amakuru adasanzwe yo
kuba yatangiye kugaragaza ibimenyetso by’umukobwa ugeze mu gihe
cy’ubwangavu birimo gutangira gupfundura amabere n’ibindi.
Uyu mwana w’umukobwa akomeje kuvugisha benshi
Ubusanzwe ngo ibi byajyaga bibaho rimwe na rimwe ko umwana agaragaza ibi bimenyetso ariko nyuma y’igihe gito bigasubirayo bikaba byafatwaga nk’uburwayi umwana aba yaravukanye, ariko uyu we ngo byanze gusubirayo nk’uko byatangajwe n’ababyeyi be ndetse ngo akaba anabimaranye igihe kirekire.
Uyu mwana yavukiye mu karere ka Luwero mu mwaka wa 2012, atangira kugaragaza ibi bimenyetso kuva afite amezi 8 gusa ariko ntibabyitaho bibwira ko bizakira. Kugeza ubu, ngo akaba yujuje byose biranga umukobwa w’umwangavu ndetse ngo akaba yaratangiye no kugaragaza ukwezi k’umugore afite imyaka 2 gusa nk’uko byakomeje bitangazwa na nyina umubyara Hadija Kobusingye.
Amabere afite niyo yatangaje abantu
Ibi byigeze kubaho mu myaka yashize ubwo umwana w’imyaka 8 y’amavuko yagaragazaga ibimenyetso nk’iby’uyu aruko uyu wo mu gihugu cya uganda we akaba akabije kuba muto cyane mu myaka.
http://www.facebook.com/Igitsina (Page)
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!