Ubuhamya

Gukuna

Search This Blog

Igituba Kishe Umuntu:YAKUBISWE BIKOMEYE KUGEZA ASHIZEMO UMWUKA, AZIRA GUFATA UMUKOBWA KUNGUFU


Amafoto y'Igituba | Video so Guswera

www.gituba.org
Mu Buhinde ahitwa Dimapur abaturage bashimuse umufungwa muri gereza ushinjwa gufata ku ngufu umukobwa w’umunyeshuri, maze bamwambura ubusa bamukurubana mu muhanda 5Km bamutera amabuye baramushinyagurira kugeza apfuye.  Abantu benshi banenze ubutabera nk’ubu burekerwa abaturage, abandi bavuga ko igihano nk’iki gikwiye ku muntu wafashe ku ngufu umugore cyangwa umukobwa, ingeso imaze iminsi yeze mu Buhinde.

265A51B200000578-2981515-image-a-9_1425579183145uyu mugabo yishwe urupfu rw’agashinyaguro
Aba baaturage barushije imbaraga abarinzi ba gereza ya Dimapur barinjira bafata umugabo bashakaga ushinjwa kuba yarafashe umunyeshyuri w’umukobwa ku ngufu inshuro nyinshi.
Ibitangazamakuru byo mu Buhinde bivuga ko bamaze kumushyikira bamukubise cyane, bamwambura ubusa, bamukurura mu muhanda, bamutera amabuye kugeza apfuye.
26576EC200000578-2981515-_Everyone_should_see_it_The_father_of_the_New_Delhi_bus_gang_rap-a-16_1425583447400Abo mu muryango w’uyu mugabo bari mugahinda gakomeye
Uyu mugabo bivugwa ko afite imyaka 35 yakoraga umurimo wo gutwara imodoka nk’uko bitangazwa na Indian Express.
Yaregwaga gufata ku ngufu umunyeshuri w’imyaka 24.
Abaturage barakaye cyane ngo bashwanyaguje umuryango wa gereza kugira ngo binjire, usibye ko ngo banashumitse inkongi y’umuriro izindi business z’ubucuruzi z’uyu mugabo.
265A51A900000578-2981515-image-a-11_1425580327309bamwambuye ubusa bamukurubana mu muhanda 5Km bamutera amabuye
Police yaje gutabara nyuma umugabo yapfuye igira abo ikomeretsa ibamuvanaho maze ikura umurambo w’uyu mugabo mu muhanda.
Mu Buhinde ibintu byo gufata abagore n’abakobwa ku ngufu byatijwe umurindi ubwo hasakaraga amashusho ya filimi documentaire mu 2012 igaragaza gufata ku ngufu umukobwa ukiri muto.
265BFEEB00000578-2981515-image-a-21_1425585074090
Ibintu byo gufata ku ngufu abagore n’abakobwa mu Buhinde byafashe indi ntera bizamo no kujya bica abakorewe aya mabi, bikavugwa ko byakoraga imiryango yihorera ku yindi.
Ubu butabera bw’abaturage ku ukekwa bukaba bwanenzwe cyane na bamwe n’ubwo ku mbunga nkoranyambaga hari n’abagaragaje ko bashyigikiye iki gikorwa kibi muri rusange.
Filimi yakozwe ariko Leta y’Ubuhinde ikanga ko yerekanwa hose, ivuga ku ifatwa ku ngufu ryakorewe umwana w’umukobwa n’itsinda ry’abavandimwe bari mu modoka, bamufashe ku ngufu bamwakuranwaho barangije bamushinga ibisongo biciye mu gitsina.
2658266400000578-2981515-image-a-2_1425587412629aba ni abanyeshuri bamagana ihohoterwa ryakorewe mugenzi wabo
Uyu mwana w’umukobwa yaje kwitabimana hashize iminsi ibiri azize ibikomere mu nda n’uburibwe bukabije.
Umwe mu bamufashe ku ngufu witwa Singh, agaragara muri iyi filimi documentaire avuga ko umukobwa wafashwe ku ngufu agapfa ari we wabyiteye.
Ati “Ntabwo yagombaga gushaka kutubuza, iyo areka tukamukora ibyo tumukora tukamureka. Ubundi umukobwa ukwiye ntiyari akwiye kugendagenda saa tatu z’ijoro. Abakobwa bazima ayo masaha baba bari mu rugo ntibaba bajya muri za Disco bakora amabi. Umukobwa niwe uba wikururiye gufatwa ku ngufu kurusha uko byabazwa umuhungu.”
article-doc-x327-6WnTkyaHRHSK2-18_634x425
Ibyavuzwe n’uyu mufungwa byababaje abantu benshi cyane mu Buhinde no ku isi hose, byatumye hazamuka umwuka wo kwihorera kuri bamwe mu bo mu muryango w’umukobwa kubo ku muryango wa bariya basore bane bafashe ku ngufu uyu mukobwa bakanamushinyagurira.
Ibikorwa nk’ibi byakomeje kubaho mu Buhinde mu myaka itatu ishize, ubu ikigezweho ni uguhana ku buryo buteye ubwoba uwo baketseho cyangwa bafashe yakoze ibyo gufata ku ngufu.

ibyamamare.com

Shyiraho Igitekerezo!

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

Shyiraho igitekerezo cyawe!