www.gituba.org
Nk’uko umunyarwanda yaciye umugani ati “Ingendo y’undi
iravuna” Virus cyangwa se indwara ikomeje kugaragara mu bahanzikazi yo
kwiganana haba ku mico, ibihangano,.. byafashe indi sura gusa abafana bo
ntibabivugaho rumwe.
Ifoto y’umuhanzi Rihanna itaravuzweho rumwe n’abafana be
Amafoto agaragaza abo bahanzi bo muri Amerika, Afurika n’ahandi ku isi asigaye anagaragara ku bahanzi nyarwanda bagenda bifotoza ku rubyiniro n’ahandi bafashe kuri iyi myanya yabo y’ibanga gusa n’uwo ugerageje kubaza impamvu ahafata akubwira ko byizana .
Amafoto
ya Knowless yashyiriwe hamwe ari 5 agaragaza uburyo yagiye aririmba mu
bitaramo bitandukanye akaboko ke kari kuri iki gice cy’umubiri
Miley Cyrus, benshi bemeza ko ibyo uyu mukobwa akora kuri stage abikoreshwa n’imbaraga z’imyuka mibi
Cindy Sanyu wo muri Uganda nawe azwiho iyi ngeso yo kuririmba yifashe ku gitsina
ANDI MAFOTO:
Umuhanzi Gabby Kamanzi uririmba indirimbo zihimbaza Imana nawe yifotoje muri ubu buryo
Iyi ni ifoto ya Juliana Kanyomozi umuhanzi guturuka muri Uganda yafotowe mu gitaramo cya Airtl uganda yanaherewemo igimbo cy’umuhanzi w’umugore w’umwaka witwaye neza 2014.
Mu ntangiriro z’umwaka wa 2015 nibwo Umuhanzi Butera Knowless yatangiye kuzajya aririmba yifashe hagati y’amaguru, benshi mu bafana be bakaba baragiye babyibazaho byinshi dore ko aya mafoto ye yagiye acicikana cyane mu bitangazamakuru byo mu gihugu.
Uretse no kuba ashinjwa gukorana n’imyuka mibi, Cyrus ashinjwa ibikorwa by’uburaya kuri stage ndetse hakaba hari televiziyo zimwe na zimwe muri USA zitajya zikina umuziki we kubera ibikorwa bye binavanze b’ubusinzi no gukoresha ibiyobyabwenge.
Ray C umuhanzikazi wo mu gihugu cya Tanzaniya nawe ubwo yari yarazengerejwe n’ibiyobyabwenge yagiye avugwaho ibikorwa by’urukozasoni byinshi, ubu akaba amaze imyaka 3 yarabiretse.
G Snake,umuhanzi w’umuraperi mu gihugu cya Uganda nawe yokamwe n’ingeso yo kuririmba yafashe ku gitsina cye
Uyu muhanzi G Snake ajya ashyira hanze amafoto benshi bakibazo intego aba afite, aha akaba agaragara yazengurutswe n’inzoka.
Umuhanzi Odda Paccy, umubyeyi w’umwana umwe nawe yagaragaweho kuririmba afashe hagati y’amaguru
Huddah Monroe ni umunyamideli ukomeye mu gihugu cya Kenya,uyu mukobwa avugwaho cyane uburaya dore ko nawe ubwe yabyitangarije ubwo yashishikarizaga abandi bakobwa kutifuza kandi bafite igitsina batanga bagahabwa amafaranga n’abagabo.
Monroe yigeze no guhagararira igihugu cya Kenya muri BBA
Nicky Minaj
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!