Ubuhamya

Gukuna

Search This Blog

Inama papa agora umuhungu we mu kubaka urugo


Amafoto y'Igituba | Video so Guswera

1. Musore wanjye, nutakaza amafaranga menshi kumukobwa ukabona aryohewe no guhora muri iyo si adatekereza na gato kuhazaza hanyu cg kwizigamira ntuzamugire umugore wawe
2. Musore wanjye, umukobwa wese yakubera umugore mwiza akakubera Mama mwiza w’abana bawe ariko nubona umukobwa ukuba hafi akakumva nka Mama wawe, akagukundira umuryango mukabana mubuzima bwose nujya gushaka umugore uwo ntuzamwiteshe
3. Musore wanjye, kwitwa umukuru w’umuryango ntibivuze uko uhagaze mumufuka ahubwo bivuze ubushobozi ufite bwo gutuma umugore wawe n’abana bawe banezerwa nubwo mwaba mukennye
4. Musore wanjye, niba ushaka kuramba unezerewe umugore wawe agomba kumenya ingano y’umushahara wawe nuko akoreshwa
5. Musore wanjye, dore ugiye gushaka umugore ariko nukomeza kwitwara nkaho ukiri ingaragu ubana n’umugore wawe bidatinze uzisanga uri wenyine
6. Musore wanjye, mugihe cyacu wabaga washaka abagore benshi kubera ko ibibatunga naho biva byose hari hahari, none reba kubona naho uhengeka akazu k’amabati n’ikibazo kunda umugore wawe nk’inka imwe nibwo muzanezerwa mubuzima bwose muzabanamo mpaka mushaje
7. Musore wanjye, munsi y’igiti cy’umwembe aho niho nahuriye na Mama wawe twahagereranya nko muri restaurant cg gare muri iki gihe kuko ariho abenshi bahurira bwa mbere bakaganira gusa jya wibuka ko umubano wanjye nawe twahakuye twize kubana neza dufashanya tunakundana uruzira uburyarya kugeza magingo aya
8. Musore wanjye, ntuzigere ukubita umugore wawe kuko uburibwe uzamutera k’umubiri ntaho buhuriye n’ibikomere azagumana mu mutima bivuze ko bizakugora binakuvune kurambana no gukomeza kumvikana neza n’indembe y’umugore
9. Musore wanjye, ntuzigere wihunza umugore wawe kubera wabonye amafaranga menshi ngo wumve atakiri ku rwego rwawe ngo ujye kuyata mubandi mutabanye ugikennye batanazi uko wayavunikiye. Icyiza yazane usangire umunezero w’iterambere ryawe n’inshuti yawe ya hafi inkoramutima yawe ariwe mugore wawe urebe ko mutarambana mukitana Cherie chouchou
10. Musore wanjye, kuba kera twarateraga utubuye kumabati cg tukavugiriza duhamagara ba Mama banyu ntabwo byari ukugira ngo dusambane nabo ahubwo nuko twabaga tubakumbuye tukumva ko no kubabona iminota 5-10 byatunyura tugatuza. Kuryamana n’umukobwa sibyo bigaragaza urukundo agukunda utazavaho wiyangiriza ahazaza hawe
11. Musore wanjye, jya uzirikana ko igihe cyose uzabona impinduka k’umugore wawe amahirwe menshi nuko nawe hari inshingano zawe uzaba utacyuzuza nka mbere bikamutera guhinduka
12. Musore wanjye, Mama wawe twatemberanaga kwigare ntaragira ubushobozi bwo kugura kariya kamodoka kamafuti ubona bivuze iki, umukobwa wese mutazaba inshuti ukiri mubuzima bucirirtse ntakwiye kumva umunyenga w’iterambere ryawe
13. Musore wanjye, ntuzigere ugereranya umugore wawe n’undi wese uba kuri iyi ntuzigere unamugereranya na Mama wawe, mwubahe uko ari kandi uko umwifuza byose biri mu nshingano zawe mugire uwo ushaka ko aba we urebe ko mutigumira mu munyenga w’urukundo rwanyu n’abanyu
14. Musore wanjye, hari ikintu kitwa uburinganire bw’abashakanye bisobanuye iki, wowe nk’umutware w’urugo ni wowe ugena gahunda z’urugo ukagira ibyo ugomba gukora n’umugore wawe agakora ibindi mugahuriza hamwe mukubaka urugo ubuzima bugakomeza
15. Musore wanjye, twe twashakaga ba Mama banyu bakiri amasugi gusa nusanga uwawe Atari isugi uzabyakire kuko mubuzima abantu bahindukana n’igihe
16. Musore wanjye, sinigeze mparanira ko bashiki bawe biga kubera ubugoryi nari mfite ngo ayo mafaranga yaba apfuye ubusa, wowe ntuzakore iryo kosa uzabareke nabo barashoboye
17. Musore wanjye, sinakubeshya mu gihe cyacu abakobwa bagiraga ubwiza bwabo karemano gusa icyo nakubwira nuko ntawigeze ashyira kukarubanda ibice bye b’ibanga nkabubu. Uwo uzabona ateye atyo atiyubaha ntuzamugire umugore
18. Musore wanjye, iby’ubukwe bwawe njye na Mama wawe ntabwo bitureba cyane nkawe, itoze kujya wikemurira ibibazo utagize uwo ubaza ngo nkore iki
19. Musore wanjye, kiriya cyarahani (imashini idoda) nicyo naguriye Mama wawe. Uzafashe umugore wawe kugera ku nzozi ze nkuko nawe udasiba kubiharanira umunsi k’uwundi
20. Musore wanjye, ntuzigere udutera umugongo ngo udutererane kuko uzaba ugeze murwawe. Iryo niryo banga ry’urugero rwiza abana bawe bagomba kuzakwigiraho nabo bakazakwitaho ugeze muzabukuru n’umugore wawe
21.Musore wanjye, jya wiyegereza Imana n’umuryango wawe wose kuko utazi icyo ejo hakubikiye. Imana ni byose ntawayisanze ngo imuhunge
2
Shyiraho Igitekerezo!

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

Shyiraho igitekerezo cyawe!