Ubuhamya

Gukuna

Search This Blog

Naciye imyeyo (gukuna) sinuzuza none umugabo aranyanze, nkore iki?


Amafoto y'Igituba | Video so Guswera

Icyo ugomba kumenya ni uko guca imyeyo ukuze bitoroshye kuko bisaba guca imyeyo umaze kuba inkumi naho iyo ukuze biragorana cyane kubera umubiri wahahandi ufata ukurura uba ukomeye. Abagore bataciye imyeyo iyo bagiye mu mihango cyangwa tubyite iyo bagiye mu kwezi ,ibyo twita imyeyo itangira kugabanuka ikaba ntoya cyeretse iyo uvuye mu kwezi ukongera ugakurura bushya icyo gihe isubira uko yanganaga ariko iyo udakuruye buri uko ujya mu kwezi cyangwa buri uko ujya mu kibada ntukurure igenda igabanuka gahoro gahoro ukagera igihe usanga usigaranye gato cyane. Uku guca imyeyo urakurura gusa igasubira kuri size cyangwa uko yanganaga iyo wari warakuruyeho naho imiti ikoreshwa ifasha kwihutisha imyeyo gukura vuba. Abagabo benshi bakunda abagore baciye imyeyo kuko iyo arongora umugore we mu muco wa Kinyarwanda babyita kunyaza ,iyo anyaza igitsina cye agikubita kuri iyo myeyo akumva aribyiza kandi akenshi abagore baciye imyeyo bakunda kugira amazi cyeretse iyo hari izindi ndwara afite mu mubiri we zituma bamunyaza nta nyare. Nakubwira ko niba umugabo wawe akunda imyeyo ,aho kugirango azagute agiye gushaka abafite imyeyo miremire wakwihangana ukajya ukurura n’intoki uzababara ariko ize umugabo wawe yishime . Cyangwa se uzashake imiti irahari bakoresha bakurura ntubabare ndetse Kampala mu minsi ishize hatangije iduka ricuruza imiti ifasha abagore guca imyeyo wajyayo bakahakurangira cyangwa ugatumayo umuntu aho kugirango umugabo wawe agusige kandi mwakundanaga. Imyeyo ni twa tuntu tubiri tuba hagati y’igitsina cy’umugore bakunda kwita imishino ,utwo tuntu baradukurura iyo umukobwa akiri inkumi noneho iyo ukuruye cyane tuba tureture cyane ,iyo udakuruye cyane tuba turinganiye ,abagabo badukunda kubi nkuko bakunda kunyaza.

Shyiraho Igitekerezo!

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

Shyiraho igitekerezo cyawe!