Nk’uko les nouvelles news ikomeza ibitangaza, ayo madarubindi azafasha abanyedini kubahiriza amategeko y’ibyanditswe y’Abayahudi bareke kujya bareba abagore bambaye ibidakwiye.
Mu rwego rwo kugira ngo buri wese yirinde ibyo bigusha, ayo madarubindi azabafasha kutareba muri metero nyinshi aho bazajya babasha kureba uwo barimo kuvugana gusa.
Izo ngamba zashyizweho kugira ngo abagabo birinde ibishuko no kurarikira abagore, haba mu nzira cyangwa aho batuye ndetse no mu kazi.
Ayo madarubindi agurwa Amayero 5, akagurwa n’abagabo bashaka kwirinda kureba iyo myanbarire ibabuza gukukiriza amategeko y’idini ryabo.
NI IBIHE BIMENYETSO BYANYEREKA KO NKUNDA IGITUBA CYANE
Nkunda Imboro Cyane
NKUNDA KUREBA PORONOGARAFIYA, MBESE HARI ICYO BYANTWARA
NI IBIHE BIMENYETSO BYANYEREKA KO NKUNDA IGITUBA CYANE
Nkunda Imboro Cyane
NKUNDA KUREBA PORONOGARAFIYA, MBESE HARI ICYO BYANTWARA

0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!