
Aho
bipfira bwa mbere, ni uko abantu bamara gushakana hashira iminsi
ntibabe bakibonana nk’inshuti, ahubwo umwe akabona mugenzi we nk’umuntu
babana gusa.
Mu Rwanda ho usanga umugabo n’umugore bagendana mu
nzira bashyizemo intera. Mu migi ho, namwe mwisuzume, ngo usanga
ikikubwira ko umugabo atwaye umugore utari uwe mu modoka, ari uko baba
bagenda baganira baseka. Ariko ngo yaba atwaye umugore we, bakagenda mu
modoka baruciye barumize. Ibyo byose bigira ingaruka ku rubariro ruterwa
hagati y’abashakanye.
Igituma rero ikiganiro rimwe na rimwe
kibura, ni uko usanga abashakanye batamenya ko burya umugabo n’umugore
batandukanye, bityo umwe agakorera undi ibyo atifuza, maze ugasanga
bibaye bibi byose.
Muri make rero, dore ibintu bituma abashakanye babana nabi:
1. Umugabo akunda ibitandukanye n’ibyo umugore akunda, umwe yifuza ko undi akora ibyo nawe akora, nyamara ntibishoboka.
2.
Ukwezi kwa buki hamwe n’igihe cyo kurambagizanya birangira umugabo yita
ku mugore cyane, ndetse n’umugore amwereka ko yishimiye cyane ibyo
amukorera byose. Iyo bishize, agirango ntakimukunda!
Kumenya ahantu h’ingenzi umugore atandukaniye n’umugabo bikomeza urugo:
1.
Abagore baribuka cyane, ndetse n’ibyabaye mu myaka icumi ishize
barabyibuka, cyane cyane nk’anniversaire y’igihe bahuriye na details
zose. Umugabo ntago aha agaciro ibyo mu gihe yashize ngo anabyibuke!
2. Abagore bakunda kuvugira kuri phone igihe kirekire bavuga ibintu by’ubuzima bwa buri munsi. Ibi abagabo barabizira.
Reka twerekeze kubyo abagore bakunda kuganira, hamwe n’ibyo abagore bakunda kuganira, maze urebe ukuntu batandukanye:
1.
Abagore : Urugendo rwagenze gute? Ese
mwibutse guhagarara ngo mujye kurya?
Abagabo: Ibyo bagezeho: Uko business igenda, ivatiri nshya
yaguze n’ayo yayiguze …
2. Abagore babiri bahuye, mu minota itanu
gusa baba bamaze kumenya umwe amazina y’abana b’undi, uko babayeho…
Umugabo ntiyita kuri ibi by’uko abantu babayeho, n’iyo ubimubwiye
byinjirira mu gutwi kumwe bigasohokera mu kundi.
3. Umugore
ibintu icumi abitekerereza rimwe ndetse akaba yanabikorera
rimwe. Umugabo Ntashobora gukora ibintu bibiri mu gihe
kimwe.
4. Elle veut parler des problemes: Umugore we yishimira
kuvuga ibibazo bye n’aho yaba aziko bitari bubonerwe umuti. Problemes
seul: Umugabo ntakunda kuvuga ibibazo bye, kuko ubundi kubivuga
bisobanura ko wananiwe kubikemura.
5. Umugore ni Emotionnel agengwa n’ibyiyumvo, naho umugabo akaba Rationnel akabanza kujya mu mibare miremire.
Aho bipfira rero, umwe mu bashakanye atangira kumva ko mugenzi we ashobora kuba atakimukunda, rimwe na rimwe agahita yumva ko
1. Umugabobo akeneye kugirirwa ikizere ngo yumve akunzwe
2. Umugore akeneye ko bamuguyaguya ngo yumve akunzwe
Nyamara hari ibyo wakorera uwo mwashakanye, cyangwa se uburyo wamufata, noneho akishima.
1.
Umugore twamugereranya n'ubusitani:
Kuyivomerera, kuyibagarira, kuyivugurura… Ibi ni nabyo bikorwa ubundi mu
kurambagizanya no mu kwezi kwa buki. Bamara kubana, ibyo akumva
bitakiri ngombwa! Agatangira gushaka moyens financiers z’umuryango,
umugore nawe yabibona atyo, akishakira undi mu jardinien.
2. Umugore
imyaka yaba afite yose, aracyakeneye kubwirwa n’umugabo we aya magambo :
Je t’aime, ndagukunda, je te comprends, ndakumva rwose, des petits
cadeaux, impano zoroheje…
3. Umugabo akeneye kugirirwa ikizere no guhabwa agaciro
4. Umugabo we twamugereranya n'ifi nini irya cyane udufi duto.
Umugabo
aragufata uko ubyifuza, ariko nawe umuhembe umubwira utugambo akunda, ko umwizera, ko agushimisha cyane kandi ko nta ko bisa ko ufite amahirwe yo kuba mubana
Reka twibuke ko nta zibana zidakomana amahembe.
Naho mwaba mukundana gute, ariko kandi ntimushobora kubura utwo mupfa
rimwe na rimwe. Hari ukuntu mwabikemura kandi bikagenda neza:
1. Une
femme a une memoire d’elephant: Yibuka ibintu byose, ariko si byiza
kuzura akaboze iyo ugize ibyo utumvikanaho n’umugabo wawe. Umugabo
ntabikunda, n’iyo ubigaruye induru noneho ziba ndende.
2. Hari ibiba
bikababaza umugore ariko nawe abishaka ahubwo ari uko bimuteye agahinda.
Icyo gihe icyo aba yifuza si uko bitaba, ahubwo aba akeneye guhozwa.
Kwerekwa ko yitaweho! Umugabo we aba yibwira ko umugore yakagombye
kwishima iteka kuko yabonye umugabo umukwiriye, ariko ibyo ntibibaho.
3.
Iyo umugore arondora ibimubabaza umugabo ntabyiteho, agahinda kagenda
kaba kenshi. N’iyo yaba atabibonera ibisubizo ariko namwumve,
amuherekeza muri ako gahinda afite amuhoza, bituma yigarura vuba cyane.
4.
Akenshi umugore yahukana nta mugabo asanze, nta n’uwo bakundana, ahubwo
agasubira iwabo cyangwa akajya ahandi. Ariko umugabo we ajya kwirukana
umugore cyangwa se kuva mu rugo ari uko afite undi mugore ashaka kuzana
cyangwa se asanze.
5. Umugabo we iyo afite ibyamurakaje, usanga
adakunda kubivuga. Iyo rero adashaka kubikubwira, ni byiza kumureka
akabanza agacururuka. Niba kandi umugabo yigaruye ariko ntashake
kubivugaho, mureke ukomeza ubuzima ukore nk’aho nta kigeze kiba!
Umugore akomeretsa umugabo ate?:
6.
Atibuka kumwereka ko abona ibyo akora, kandi ko amufitiye
n’ikizere kuko azi neza ko abishoboye Icyo gihe, nibwo
atangira kumuha remarques ku tuntu tw’ubusabusa, ibi umugabo abizira
kubi! Bikaba akarusho iyo abimukoreye hari abantu!
Ibi si ihame
1. Hari umugore wibonye mu bintu bimwe na bimwe bireba abagabo
2. Hari n’umugabo ushobora kwibona mu bintu bimwe na bimwe biba byavuzwe ku bagore
Ubuhamya
Gukuna
ABAGABO - ABAGORE - ABAKOBWA BEZA - ABASOMYI B'IGITUBA - AGAKINGIRIZO - AMABERE - AMAFOTO Y'IBITUBA - AMAFOTO YO GUSWERA - GUKUNA - GUSOHORA K'UMUGORE - GUSOHORA - GUSOMANA - GUSWERA - GUSWERA IGITUBA KININI - GUSWERA NEZA - IBIBAZO BY'IGITSINA - IGITUBA - IGITUBA KININI - IKIBUNO - IMBORO - INAMA Z'IGITSINA - INAMA Z'URUKUNDO - INDWARA Z'IBITSINA - KUNYAZA - KWIKINISHA - RUGONGO - URUKUNDO - URWENYA - VIDEO Z'ABAKOBWA BEZA - VIDEO Z'IKIMANSURO - VIDEO Z'URUKUNDO - VIDEO ZO GUSWERA - VIDEO ZO GUSWERA Z'ABAHINDE - VIDEO ZO KUNYONGA IKIBUNO - VIDEO ZO GUSWERA Z'ABAGANDE - VIDEO ZO KUNYAZA - VIDEO Z'ABAKOBWA BIKINISHA - VIDEO ZA RUGONGO NINI - VIDEO Z'IGITUBA KININI
Search This Blog
Itandukaniro Hagati y'Umugore n'Umugabo
Amafoto y'Igituba | Video so Guswera
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
Ibirimo
ABAGABO - ABAGORE - ABAKOBWA BEZA - ABASOMYI B'IGITUBA - AGAKINGIRIZO - AMABERE - AMAFOTO Y'IBITUBA - AMAFOTO YO GUSWERA - GUKUNA - GUSOHORA K'UMUGORE - GUSOHORA - GUSOMANA - GUSWERA - GUSWERA IGITUBA KININI - GUSWERA NEZA - IBIBAZO BY'IGITSINA - IGITUBA - IGITUBA KININI - IKIBUNO - IMBORO - INAMA Z'IGITSINA - INAMA Z'URUKUNDO - INDWARA Z'IBITSINA - KUNYAZA - KWIKINISHA - RUGONGO - URUKUNDO - URWENYA - VIDEO Z'ABAKOBWA BEZA - VIDEO Z'IKIMANSURO - VIDEO Z'URUKUNDO - VIDEO ZO GUSWERA - VIDEO ZO GUSWERA Z'ABAHINDE - VIDEO ZO KUNYONGA IKIBUNO - VIDEO ZO GUSWERA Z'ABAGANDE - VIDEO ZO KUNYAZA - VIDEO Z'ABAKOBWA BIKINISHA - VIDEO ZA RUGONGO NINI - VIDEO Z'IGITUBA KININI
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!