Ubuhamya

Gukuna

Search This Blog

Iby'Imihango mu Gihe Kidasanzwe


Amafoto y'Igituba | Video so Guswera



Ubundi kuva amaraso bisanzwe, nibyo byitwa imihango mu Kinyarwanda. Ibi bikaba bibaho igihe ha hantu twakwita nk’uburiri hari hiremye mu mura ngo hazakire umwana, hamubuze, hanyuma hagashwanyuka, maze hakabaho kubona amaraso anyuze mu gitsina cy’umugore. Nyamara hari ibindi bihe bidasanzwe umugore (cg umukobwa) ashobora kubonamo amaraso).

Igitabo La Sexualité et la Vie kigira kiti:
1. Umugore ufata imiti yo kuboneza urubyaro, ashobora kuba yabona amaraso makeya hagati mu kwezi kwe. Akenshi ibi ni ibintu bisanzwe, ariko ntibyamubuza kujya kwa muganga.

2. Umugore nanone ashobora kubona amaraso mu gitsina nyuma yo kurangiza gukora imibonano mpuzabitsina. Ibi bigaragaza ko uyu mugore ashobora kuba yakomeretse inkondo y’umura, cyangwa se iyo nkondo ye y’umura ikaba ifite ikindi kibazo. Aha naho bimusaba byanze bikunze kujya kwa muganga.

3. Umugore wacuze, akaba yari amaze umwaka wose atakijya mu mihango, yajya kubona akabona amaraso araje, uyu nawe aba agomba kwihutira kujya kwa muganga kuko bishobora kuba ari ikimenyetso cy’uko yaba agiye kurwara cyangwa se arwaye cancer y’inkondo y’umura cyangwa se cancer y’umura. Gusa nanone, ntibyabuza kuba bitewe n’uko igitsina cye kirimo gikamuka burundu. Ariko kandi, ni byiza kujya kwa muganga akaba aribo bakwibwirira nib anta mpungenge nyuma yo kugusuzuma.

4. Kubona amaraso igihe icyo aricyo cyose mu gihe umugore atwite, ni ikimenyetso nta kuka kiba kigomba gutuma ajya kwisuzumisha kwa muganga, icyaba kibiteye icyo aricyo cyose.

Shyiraho Igitekerezo!

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

Shyiraho igitekerezo cyawe!