Buri munsi Abagore baba bigira beza ariko ntibabigereho nk’uko babyifuza, ariko hari ikigero bageramo bakiyumva bameze neza, bakiyakira uko bari ndetse bakwireba mu ndorerwamo bakibona ari beza bakanezererwa uko bameze.
Mu bushakashatsi bwakorewe mu Bufaransa bwerekana ko abagore barengeje ikigereranyo 3000 biha icyizere cyo kubaho iyo bageze mu myaka 52 kuko baba bazi ko basigaje imyaka 30 yo kubaho.
Bagendeye ku buhamya bwatanzwe na benshi bo muri icyo kigero ngo n’uko baba bagiye kugera mu za bukuru, bwerekanye na none ko abagore batishimira uko bameze cyangwa batiyakira uko bari bakunda kwambara imyenda y’íbara ry’umukara naho abiyakira bo bagakunda kwambara imyenda y’ibara ritukura.
UTURANGO TW'UBWIZA TW'UMUGORE
Uburyo Bwo Kwambara Bugezweho-Ubwiza ntibugomba gu...
UTURANGO TW'UBWIZA TW'UMUGORE
Uburyo Bwo Kwambara Bugezweho-Ubwiza ntibugomba gu...

0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!