Abaholandikazi Louise na Martine Fokken bavutse ari impanga, kuva mu bwangavu bwabo kugeza ubu ari abakecuru baracyakora akazi k’uburaya.
Nk’uko tubikesha urubuga rwa BBB, Louise na Martine batangiye gukora uburaya bafite imyaka 15 y’amavuko, none ubu bagize imyaka 70 bicuruza.
Martine aracyabasha kwicuruzango kuko amafaranga y’izabukuru bagenerwa ntacyo yamumarira, Louise we ntacyicuruza kubera indwara ya gute ariko ngo hari ibintu akorera abakiriya bakamwishyura.

0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!