Ubuhamya

Gukuna

Search This Blog

Olivia Culpo w’imyaka 20 ni we watorewe kuba Miss ku rwego rw’Isi


Amafoto y'Igituba | Video so Guswera


Umunyamerikakazi Olivia Culpo w’imyaka 20 ni we watorewe kuba Miss ku rwego rw’Isi mu mwaka wa 2012 ahitwa Las Vegas ho mu Burengerazuba bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bikaba ari ku nshuro ya mbere mu myaka 15, igihugu cye kigize umugore uhiga abandi mu bwiza.
Nk’uko tubikesha Le E-News, Olivia yari ahanganye n’abandi batatu barimo Janini Tugonon ukomoka muri Philippine, Gabriela Markus wo muri Bresil na Sofia Esser ukomoka muri Venezuela. Igikorwa cyabaye kuri uyu wa gatatu.



Olivia wegukanye umwanya w’umugore mwiza ku Isi ni umunyamuzikikazi, akunda kureba filime, gusura inzu ndangamurage, gusetsa abantu mu bitaramo nk’uko byashyizwe ahagaragara n’urubuga rwa internet Concourt miss Univers.
Igikorwa cyo guhatanira umwanya wa mbere mu buranga ubaye ku nshuro ya 61. Kuri iyi ncuro cyateguwe na Andy Cohen Umunyamerika na Giuliana Rancic Umunyamerikakazi ufite inkomoko mu Butaliyani, ukaba warabereye Hotel nini ya Planet Hollywood i Las Vegas.
Brook Mahealani Lee ni we Munyamerikakazi waherukaga kwegukana ikamba rya Miss ku rwego rw’Isi, akaba yararyambitswe mu mwaka wa 1997.


Urakoze gusoma iyi nkuru kuri Igituba.org, shyiraho igitekerezo cyawe, twungure inama, tubwire uko ubona iby'igitsina na experiences zawe, tubaze cyangwa utwoherereze inkuru n'amafoto ku igitsina kuri bangambiki@igituba.org cyangwa bangambiki@bangambiki.com. Ohereza umwirondoro tugushakire inshuti ku Igihozo
H.Bangambiki
Shyiraho Igitekerezo!

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

Shyiraho igitekerezo cyawe!