Ubuhamya

Gukuna

Search This Blog

Rwanda-Yafashe Nyina Ku Ngufu


Amafoto y'Igituba | Video so Guswera


Uyu ni umusore w’imyaka 20 y’amavuko kuri ubu uri mu maboko ya Polisi akurikitanyweho gufata nyina umubyara ku ngufu.

Uyu musore twirinze gutangaza amazina ye ku mpamvu z’umutekano wa nyina, akomoka mu Murenge wa Gashanda Akarere ka Ngoma Intara y’Iburasirazuba, kuri ubu ari kuri Station ya Polisi i Kibungo.
Uyu wakoze aya mahano ni impfura mu bana 6 babyawe n’uyu mubyeyi umaze imyaka 10 apfakaye . Mu bana bose yabyaye akaba yabanaga munzu imwe n’uyu musore gusa kuko abandi bana be baba hirya no hino mu miryango.

Uko byagenze

Ahagana mu masaha ya saa mbiri zo kumugoroba wo kuwa Gatanu tariki ya 21 Ukuboza 2012 , nibwo uyu musore yatashye avuye mu kabari ageze murugo iwabo asaba ibyo kurya maze nyina amurangira aho agomba kujya kubireba, mugihe uyu musore arangije kurya yahise yerekeza mu cyumba nyina araramo nibwo yatangiye kumuganiriza amubaza uko yiriwe.
Muri ako kanya kandi uyu musore yabwiye nyina ko agiye kujya ku irondo hamwe na bagenzi be, ibi ariko ntiyahise abikora kuko yahise yicara kuburiri maze atangira gusambanya nyina umubyara kungufu nk’uko nyina ubwe yabitangarije IGIHE n’agahinda kenshi.
Uyu musore nawe yemera ko yasambanyije nyina umubyara ku ngufu, ariko akaba abisabira imbabazi akavuga ko yabitewe n’ubusinzi.
Mu gihe uyu musore ari mu maboko ya Polisi, nyina umubyara we yajyanywe ku Bitaro Bikuru bya Kibungo nga hasuzumwe harebwe niba nta ndwara yamwanduje.

Icyo polisi ivuga

Umuvugizi wa polisi mu Ntara y’Iburasirazuba Supt. Nsengiyunva BenoĆ®t atangaza ko abaturage bose bagomba kwirinda ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge, bakirinda n’ubusinzi bakanamagana ibikorwa by’ihohoterwa byose aho biva bikagera.

Icyo yahanishwa ahamwe n’icyaha

Mugihe uyu musore iki cyaha akurikiranyweho cyaba kimuhamye nk’uko ingongo 197 mu gitabo cy’amategeko ahana y’u Rwanda kibiteganya, yahanishwa igifungo kiri hagati y’imyaka 7 kugeza kumyaka 10. Inkuru dukesha www.igihe.com


Urakoze gusoma iyi nkuru kuri Igituba.org, shyiraho igitekerezo cyawe, twungure inama, tubwire uko ubona iby'igitsina na experiences zawe, tubaze cyangwa utwoherereze inkuru n'amafoto ku igitsina kuri bangambiki@igituba.org cyangwa bangambiki@bangambiki.com. Ohereza umwirondoro tugushakire inshuti ku Igihozo
H.Bangambiki

Shyiraho Igitekerezo!

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

Shyiraho igitekerezo cyawe!