Mu mujyi wa Lagos muri Nijeriya umugabo Saka Orobo yatunguye benshi ubwo yatangaga ubutumire mu bukwe ariko bugaragaraho ko abageni be ari babiri (Kuburat na Mariam) aho kuba umwe nk’uko bimenyerewe.
Mu gihugu cya Nijeriya bimenyerewe ko ubusanzwe abagabo bashaka abagore benshi bashoboye gutunga ariko bakabashaka mu bihe bitandukanye.
Urakoze gusoma www.gituba.org, shyiraho igitekerezo cyawe, inama, , experiences zawe, duhe inkuru n'amafoto ku igitsina no ku urukundo kuri info@igituba.org
Kurikira iyi blog kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina

0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!