Ubuhamya

Gukuna

Search This Blog

Amabere Manini-Abagore b'Ibyamamare Birayakunda


Amafoto y'Igituba | Video so Guswera


Amabere nka kimwe mu bice bikunda gukoreshwa n’abahanzi b’igitsina gore b’ibyamamare mu gukurura abafana, abenshi muri bo bishimira kugira amabere manini n’ubwo hari abatabyishimira.
Mu bemeye kugira icyo batangariza ibitangazamakuru bitandukanye ku birebana n’amabere yebo, bagaragaje icyo batekereza ku mabere yabo haba mu bunini, kuyagaragaza mu ruhame n’uko bifuzaga amabere yabo yaba ateye mbere yo kuyagira nk’uko ameze ubu.

Aba ni bamwe bahanzi b’ibyamamare ku isi :
 
1. Lea Michele

Uyu mukinyi w’Umunyamerika w’imyaka 26 akaba n’umuririmbyi ukunda kugaragara mu biganiro bica kuri Televiziyo byitwa "Glee," aganira na ikinyamakuru kivuga ku bagore cyitwa ‘Marie Claire’, yagaragaje ko yishimira cyane amabere ye yita ay’umwimerere. Yagize ati “Aya mabere yanjye ni meza. Antera ishaba yo gutsinda."

3. Dolly Parton
Umwe mu bahanzi bakunzwe cyane kuva mu myaka ya za 80 akaba n’umwe mu bahanzi bakunda kuza ku ntonde nyinshi z’abafite amabere manini, we ntiyiriwe ajya kure kuko yanabyiririmbiye.
Muri imwe mu ndirimbo ze, yagize ati “Sinjya ndapa, ahubwo amaso yanjye nzayahindura umukara hamwe n’ay’amabere yanjye manini.”

4. Katy Perry
Uyu muhanzi wa Pop ukunze kuvugwaho ko afite amabere manini, we avuga ko yahoraga asenga Imana na yo iramwumva imuha ambere manini yifuzaga.
Yagize ati “Natangiye gusengera amabere mfite imyaka 11kandi Imana yanshubije iryo sengesho hejuru no hasi ugereranyije nk’inshuro 100, ku buryo nageze aho mvuga nti ‘Mana mbabarira singishobora kwireba hasi ku kirenge, mbabarira ugeze aho !”
5. Nicki Minaj
Uyu muraperikazi w’umunyamerika we yagize icyo avuga ubwo amabere ye yajyaga hanze mu bitaramo yakoreraga mu Bwongereza, ati “Iki ni igitaramo cyacu cy’ambere, mutwihanganire rero aho amabere abyimbye n’aho yasohotse cyangwa aho abagabo baza kutabasha kwihangana.”
6. Kim Kardashian
Kim Kardashian we asanzwe amenyerewe ku kuba ari mu bantu bakunze kugaragaza ko bita ku bwiza bwabo. By’umwihariko mu kumenyekana kwe harimo kuba akora ibiganiro bivuga ku bwiza n’ibyamamare.
Avuga ko yagiye yita by’umwihariko ku mabere ye, ati “Mfite imyaka 10 ni bwo natangiye kongera amabere yanjye. Ndibuka ko najyaga ndira ndi mu rwogero. Najyaga mfata imashini ifura imyenda nkayikoza ku gatuza ishyushye, ngasenga nti ‘Mbabarira ntuzabe manini ngo urenze aha bintera isoni !’”

7. Lady Gaga
Uyu mukobwa ukunda kurangwa n’udushya, avuga ko amabere ye yagabanutse. Avuga ko kera ari bwo yari manini kandi ko yamushimishaga cyane. Aganira na New York magazine, Lady Gaga yagize ati “Ubwo nari mu ishuri nari mfite amabere manini abyimbye kandi meza cyane kurusha uko ndi ubu.”

8. Adele
Uyu muhanzi w’icyamamare mu muziki, we avuga ko adateze na rimwe kuzagaragaza amabere ye. Ibi akunda no kubigaragaza mu myambarire ye itandukanye n’iy’abandi bahanzi bakunda kwiyambika ubusa.
Aganira na Rolling Stone mu mwaka wa 2011, yagize ati “N’ubwo naba ndi mwiza wo kurebwa ndatekereza ko nta we nzereka amabere yanjye.”

9. Rihanna
Rihanna we avuga ko amabere ye ari meza ariko rimwe na rimwe ajya amubangamira. Aganira na Ryan Seacrest, yagize ati “Ni meza ariko ajya ambangamira. Ubu nta bibere binini mfite, birambangamira.”
10. Kelly Rowland
Uyu muhanzi Kelly Rowland wigeze no kubagwa ngo arusheho kuba mwiza, we avuga ko kongera amabere ye byatumye arushaho kuba mwiza.
Aganira na kimwe mu bitangazamakuru byo mu Bwongereza, yagize ati “Narabivuze kera mu kiganiro ko nibagishije kuko nagiraga amabere mato kandi byarambangamiraga.”

11. Miley Cyrus
Miley Crus we avuga ko kuba abantu bamwitaho cyane ku bijyanye n’umubiri we ko hari ubwo bijya bimubangamira kuko akiri muto (afite imyaka 20).
Aganira na Glamour mu 2009, Cyrus yagize ati "Kimwe kijya kimbangamira ni ubwo abantu bavuga bati ‘Miley akeneye kugabanya ibiro’ cyangwa bati ‘amabere ye ni ayo’.”

Urakoze gusoma www.gituba.org, shyiraho igitekerezo cyawe, inama, , experiences zawe, duhe inkuru n'amafoto ku igitsina no ku urukundo kuri info@igituba.org
Kurikira iyi blog kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina

Shyiraho Igitekerezo!

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

Shyiraho igitekerezo cyawe!