Ku italiki ya 19 Mata kuri polisi y’ahitwa Nyeri muri Kenya hafungiye umugore w’imyaka 25 kubera guca igitsina cy’umugabo we ubwo yari asinziriye kuko ngo cyari kirekire
Nk’uko bitangazwa n’uwo mugore avuga ko umugabo we yamubabazaga igihe cyo gutera akabariro.
Amakuru atangazwa n’abaturanyi ni uko uyu mugabo ubu uri mu bitaro yamaze igihe kirekire atarashaka kubera ko mu gace avukamo bari bamuziho kuba afite igitsina kirekire cyane abakobwa bakamutinya.
Abagore yagiye ashaka ntibamaranaga igihe kuko nta kwezi bahamaraga bahitaga bagenda.
Uyu mugabo yafashe umwanzuro wo kujya ahantu batamuzi agashaka umugore, nyuma y’igihe gito niho umugore yatangiye kubwira abaturanyi ko uyu mugabo amubabaza mu gihe cyo gutera akabariro.
Urakoze gusoma www.gituba.org, shyiraho igitekerezo cyawe, inama, , experiences zawe, duhe inkuru n'amafoto ku igitsina no ku urukundo kuri info@igituba.org
Kurikira iyi blog kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina

0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!