Ubuhamya

Gukuna

Search This Blog

Nyanza: Umusaza yatemye umuhungu we kuko amuca inyuma


Amafoto y'Igituba | Video so Guswera



Ku cyumweru tariki ya 21 Mata 2013 mu masaha ya saa cyenda mu Mudugudu wa Remera, Akagari ka Kankobwa, Umurenge wa Mpanga hafashwe umusaza w’imyaka 76 azira gutema umuhungu w’imyaka 27 aho avuga ko yaba yaramucaga inyuma ku mugore we ufite imyaka 19.

Nk’uko amakuru atugeraho abivuga, uyu musaza witwa Buremera Sitefano yasanze Ngenzi Jean de Dieu ari kumwe n’abandi basore baganira maze nawe arabanza arabaganiriza, ariko bakabona afite ikintu mu ikoti yambaye batazi icyaricyo.

Mu gihe abandi basaga n’abarangaye, nibwo Buremera yahise akubita umuhoro Ngenzi mu mutwe inshuro ebyiri abandi baba baratabaye.

Ngenzi yahise ajyanwa ku kigo Nderabuzima cya Narubuye, naho uyu musaza nawe ajya gucumbikirwa kuri sitasiyo ya polisi ya Nyarubuye.

Abajijwe icyamuteye gukora aya amahano, Buremera akaba yarasubije ko uyu muhungu yatemye ajya amuca inyuma akamusambanyiriza umugore we.

Buremera w’imyaka 76 abana n’umugore w’imyaka 19, akaba yaramushatse nyuma y’uko uwa mbere bari barashakanye yitabye Imana, ubu bakaba bafitanye umwana umwe.

Ubuyobozi bw’Akagari ka Kankobwa bukaba busaba abaturage gutanga amakuru hakiri kare ku ngo zigaragaza ko zifitanye ibibazo mu mibanire yazo, aha kandi bugasaba ingo zibana bitemewe n’amategeko kubicisha mu mategeko kuko birinda ubushyamirane.

via
umuryango

Urakoze gusoma www.gituba.org, shyiraho igitekerezo cyawe, inama, , experiences zawe, duhe inkuru n'amafoto ku igitsina no ku urukundo kuri info@igituba.org
Kurikira iyi blog kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina

Shyiraho Igitekerezo!

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

Shyiraho igitekerezo cyawe!