www.gituba.org
Mu gihe hari abafite umutima uhagaze ko
bashobora gusezererwa mu mpera z’iki cyumweru kubera imbaraga nke
bagaragaje mu minsi yashize , bamwe mu bakobwa bahatanira Big Brother
Africa barambiwe kubaho badakora imibonano mpuzabitsina.
Mu bakobwa bifuza cyane gukora imibonano
harimo Esther(uhagarariye Uganda), mugenzi we wabaye Miss Uganda 2013
Stella Nantubwe ukoresha izina rya Ellah muri BBA, Sabina(uhagarariye
Kenya) n’abandi banze kwerura ngo bavugishe ukuri mu kiganiro
babivugiyemo.
Mu kiganiro aba bakobwa bagiranye kiyobowe
n’umusore witwa Melvin Alusa wo muri Kenya, buri wese yagaragazaga
ibibazo bimubangamiye kurusha ibindi. Bamwe bavugaga ko batewe
impungenge no kuba bashobora kuzataha mu mpera z’iki cyumweru, abandi
batungurana bagaragaza akababaro batewe no kubaho mu buzima butagira
imibonano mpuzabitsina.
Kimwe na bagenzi be, Ellah na we yavuze ko ashaka gukora imibonano kurusha ibindi byose bibanezeza bahabwa muri iyi nzu. Uyu munya-Uganda yahise asaba Biggie gukora uko ashoboye agashaka uburyo yabazanira abasore baturutse hanze y’uru rugo babamo bakishimana na bo mu birori byo kuwa Gatandatu.
Aba bakobwa bakimara kwerurira bagenzi babo ubushake bafitiye imibonano mpuzabitsina, benshi basetse abandi bagira isoni zo kuvuga uko byifashe ku ruhande rwabo.
Mu kiganiro Sabina na Ellah bagiranye bavuga ku basore bifuza guhura na bo, Ellah yavuze ko yiyumvamo cyane Nhlanhla wo muri Afurika y’Epfo ku bw’imyaka ye n’igihagararo afite.
Kurikira iyi blog kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina(Groupe)
http://www.facebook.com/Igitsina (Page)
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!