www.gituba.org
Umuntu akaba yakwibaza niba koko ibyo uyu mukobwa uzwiho udushya
atangaza aribyo kuko we yemeza adashidikanya ko muri iyi si ya rurema
ntamuntu n’umwe wari wareba amabere ye kuva yayamera. Uyu mukobwa Anitha
utuye I Nyamirambo aravuga ko agaseke yapfundikiriye umukunzi we ari
amabere, akaba azagapfundura mu ijoro rya buki. Anita yemeza ko uko
byamera kose azakomeza kurinda amabere ye kuburyo umuntu uwari wese yaba
igitsina gore cyangwa gabo, byaba n’umwana muto atazigera abona amabere
ye.
Ngo umuntu uzabona amabere ye bwa mbere n’umugabo bazarushingana
kandi nabwo azayabona aruko ubukwe bwarangiye. Umukunzi.com yagerageje
kumenya niba Anitha yaba akiri isugi ariko ntakintu yabidutangarijeho,
gusa turakibaza impamvu agaseke yapfundikiriye umukunzi we ari amabere
aho kuba ubusugi.
Kurikira iyi blog kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina(Groupe)
http://www.facebook.com/Igitsina
(Page)
Related Posts by Categories
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!