www.gituba.org
Tumaze iminsi tubabwira amakuru y’ibintu biba hirya no hino mu ngo,
mukagira ngo ni film tuba twarebye tukaza kuzibabwira. Nyamara ibintu
bisigaye biba muri iyi si birenze kure ibyo tureba mu ma film kuko iyo
ibintu bitarakubaho cyangwa utarabona uwo byabayeho uba ukeka ko
bitabaho. Icyo twababwira n’uko muri iyi si, mungo zigiye zitandukanye
hasigaye haba ibintu bitangaje cyane umuntu adashobora kwiyumvisha.
Nk’iyi nkuru tugiye kubabwira keretse uwabyiboneye niwe wabihamya n’aho
abandi dushobora gukeka ko bidashoboka.
Umugabo n’umugore bagiye mu rugo rw’undi mugabo n’umugore bagiye
kubasura. Aba bagabo bombi baraziranye kuva cyera kandi ni inshuti
cyane. Bagezeyo baraganira, batera ibiparu, bararya baranywa. Nyuma uwo
mugabo waje ari umushyitsi yagezaho asaba ubwiherero, noneho umugore wa
nyir’urugo ati:”Ngwino njye kuhakwereka”. Ubwo abandi basigaye
biganirira ariko nyir’urugo n’ubwo kari kamaze kumugeramo, akumva
ibikoba biramukuka niko kwibwira ati:”Reka ndebe mu gikari uko
byifashe”. Mu kujyayo nibwo yumvise hari urusaku rusa nk’urw’igitanda
kiri gukaka ruri guturuka mu cyumba cy’abashyitsi. Mu kujya kureba
ibyaribyo nibwo yasanze rwambikanye hagati y’umugore we n’umushyitsi.
Umugabo byamurenze nta kindi yakoze uretse guhamagara abanyamakuru. Uko
byagenze nyuma abakurikiye Televison yitwa Nonzee TV yo muri Nigeria
babikurikiye biri kuba kuko na umukunzi.com niho yabirebye.
Kurikira iyi blog kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina(Groupe)
http://www.facebook.com/Igitsina
(Page)
Related Posts by Categories
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!