www.gituba.org
Ushobora kuba warumvise havugwa ko umugoreashobora kugira igitsina
gitoya cyatuma atabasha gukora imibonano mpuzabitsina. Ibyo birashoboka,
ariko nanone ikindi ni uko umugore ashobora kuba yarigeze gukora
imibonano mpuzabitsina nta kibazo, nyuma kuyikora bikaza kumunanira,
akajya yumva igitsina cye cyarabaye gitoya. Ahanini rero si ukuba
gitoya, ahubwo ni ukubura ubushobozi bwo kwikanyura ngo cyaguke igihe
icyo gikorwa kigeze. Reka dusure urubuga vaginismus.com, maze muri iyi
nkuru igice cya 1 tubanze turebe ubuhamya bw’abagore bagiye bibonaho iki
kibazo, bihite binakwereka ibice bitandukanye by’abagore bashobora
kwibonaho iki kibazo:
1. Tukimara kurushinga, twamaze amezi 17 yose twarahangayitse ndetse
twaranumiwe kuko tutabashaga gutera akabariro. Ntitwari twarigeze
dukorana imibonano mpuzabitsina na rimwe, twifuzaga kuzayikora mu kwezi
kwa buki, ariko kwambereye kubi ku buryo ntazibagirwa, kuko kuyikora
byatunaniye. Twahise tujya kureba muganga, maze atubwira ko icyashoboka
ari ukumbaga bakagura igitsina cyanjye hamwe na ka karangabusugi, hymen.
Twabyemeranyijeho rero, maze mu byumweru bike baba barambaze. Nyuma
y’igihe kirekire, numva ndakize nakongera nkagerageza. Nyamara
tugerageje, nabwo nasanze bidashoboka ko igitsina cye cyakwinjira mu
cyanjye, bitewe n’uko nababaraga cyane kandi nabwo mbona kikiri gitoya.
2. Twembi ntawari warigeze akora imibonano mpuzabitsina, twari
twarategereje umunsi wo kurushinga ngo abe aribwo tuzabikora nk’uko
Imana ibishaka. Nyamara kuri uwo munsi twatunguwe no gusanga tutabasha
kuyikora. Kuva kera nari naraketse ko igitsina cyanjye gishobora kuba
ari gitoya, kuko ntabashaga kwinjizamo na tempon, agapamba binjiza mu
gitsina mu gihe umukobwa ari mu mihango; nyamara naragerageje pe! Ngiye
kureba docteur, nawe ntacyo yamariye rwose. Umuntu wambwiye ngo icyo
nkeneye nta kindi ni ugukomeza guhatiriza! Ubwo rero nyine twaratashye
tujya kugerageza nk’uko yabidusabye, nyamara ntacyo byigeze bitanga,
kuko iyo uw’iwanjye ashatse kuyisunikiramo gato rwose bihita bimbabaza
cyane. Muri make nsa naho mfite igitsina kidakwiranye nayo. Ubu nakora
iki koko?
3. Njye numva naratsinzwe pe! Nibaza impamvu ntashobora gutera
akabariro nk’abandi. Ariko ikimpangayikishije kurushaho, ni uburyo
byahangayikishije umugabo wanjye. Tumaranye imyaka 4, ariko na nubu
sindabasha kumureka ngo yinjire igihe dutera akabariro! Ubuse urukundo
rwe nzarugarura nte koko? Ntekereza ko kuba narahoraga mpangayikishijwe
n’umuntu wamfata ku ngufu aribyo byaba byarabinteye. Ubuse birashoboka?
Mama yahoraga antesha umutwe ngo ninshinge urugo nshinge urugo, ariko se
ubu noneho ko nshimye ko narushinze, nzabyara gute?
Biranashoboka ko hari igihe umugore ashobora gutangira kumva
igitsina cyabaye gitoya, agatangira no kuribwa igihe cy’akabariro,
nyamara bitarahozeho. Umva ubuhamya uyu mugore atanga:
4. Dushyingiranywe ubu hashize imyaka 9, tukaba dufite abana babiri
beza cyane. Ariko akazi kenshi ndetse na responsabilités z’urugo bituma
tutabonana uko bikwiriye. Nyamara n’ubwo mu minsi ishize umwanya
waburaga wo gutera akabariro, ubu bwo ntibicyinashoboka noneho! Niba ari
ako kazi kenshi kabiteye, niba ari ukumara igihe kinini ntacyo dukora,
noneho ubu hashize umwaka nsigaye njya kugerageza kubikora nkababara!
Byatangiye numva uburyaryate cyangwa se ibimeze nko kubabuka mu gitsina
igihe turimo dutera akabariro. Ibi byanteye kugira ikibazo maze uko
nongeye nabwo nkababara. Kwa muganga icyo bantegetse ngo ni ukuzajya
ngerageza gukoresha amavuta menshi yo kongera ububobere, kandi ngo
umugabo wanjye nawe akarushaho kuntegura cyane. None ubu aho kugirango
icyo kibazo gikemuke, ahubwo wagirango igitsina cyanjye cyifunga umunsi
ku munsi, ku buryo ubu noneho tutagitera akabariro na mba kuko
bidashoboka. Ubu nakora iki koko ko mbona umugabo wanjye ashobora
kuzagera aho akarambirwa kwihangana?
Hari ubwo noneho ibibazo nk’ibi bivuka ari uko umugore amaze kubyara. Uru ni urugero:
5. Njye mu ntangiriro nari muzima rwose, kandi ntera akabariro nta
kibazo. Twarabikoraga bikaturyohera pe. Kugeza igihe nabyariye umwana
wanjye w’umukobwa. Nabyaye neza, n’ubwo bwose nababaye cyane. Ndetse na
docteur wambyaje yanyitayeho cyane. Barambwiye ngo narakize neza nta
kibazo, ngo nshobora kongera ngatera akabariro. Nyamara wagirango
igitsina cyanjye cyifunga buri munsi, kuko buri gihe uko duteye
akabariro agashaka kwinjira byanga pe! Numva bimbangamira cyane. N’ubwo
bwose umuganga ansuzuma akambwira ngo nta kibazo na kimwe mfite, ariko
njye mba mbibona ko umubiri wanjye wo uri kubivuga ko hari ikibazo.
Dufite umwana w’umukobwa mwiza cyane, ariko simbasha no kumwishimira
kubera ibyo bibazo byo kutabasha kwishimira gutera akabariro nka mbere.
Nifuza cyane rwose ko byasubira uko byahoze.
Iki kibazo cya vaginismus nanone gishobora kuvuka nyuma y’uko umwe mu bashakanye aciye undi inyuma:
6. Umunsi mubi ntazibagirwa mu buzima bwanjye ni igihe namenyaga ko
umugabo wanjye anca inyuma. Twari tumaranye imyaka itandatu tubana,
ariko byaranshegeshe cyane kuko namwizeraga bikomeye. Ariko
icyanshimishije ni uko uwo muntu yahise amureka, maze yiyemeza
guhinduka. Ni uko tujya gushaka umucounselor (counselor), cg se
umujyanama, ngo adufashe kongera gusubira mu buzima twahoranye mbere.
Imana rwose yadukoreye ibitangaza, maze umubano mwiza n’urukundo mu
rwacu uragaruka. Ariko hari ahantu hamwe gusa byanze. Mu gutera
akabariro! Byarananiye kongera kumwizera kuri iyi ngingo pe. Ku buryo
iyo dutangiye, mpita mwimajina (imaginer) arimo aterana akabariro na wa
mugore, maze ubushake nari mfite bwose bugahita bugenda. Kuri ubu iyo
duteye akabariro ndababara pe. Ariko nanze kubibwira umugabo wanjye kuko
ntifuza kumudesova (decevoir). Inshuro nyinshi iyo turangije kubikora
ndarira kuko mba nababaye mu byiyumvo ndetse no mu mubiri. Nagerageje
kubibwira docteur, nyamara yankoreye ibizamini byose abura ikintu na
kimwe kitagenda. Maze avuga ko ubwo wasanga hari ibibazo dufite
tutaracyemura. Ubu hashize ibyumweru bike noneho tugerageje gutera
akabariro biranga burundu. Ni uko mbura icyo mvuga ariko mbwira umugabo
wanjye ko ahari ari ukubera ko nari naniwe cyane. Kuva icyo gihe
natangiye kumwihunza, ariko numva nanone ntatuje kubera kuba yaranshiye
inyuma mu gihe cyashize ntahwema gutekerezaho, nyamara yarahindutse pe!
Kuri ubu turakundana rwose. Ubuse ko ntashaka kongera kumutakaza
nzabigenza nte?
Nanone, iyo umugore amaze gucura, ashobora kuba yagira ibibazo byo
kubabara mu gitsina igihe arimo gutera akabariro, nyamara siko biba ku
bagore bose. Umva ubuhamya bw’uyunguyu:
7. Nari mbizi neza ko uko umuntu agenda asaza ubuzima buhinduka,
ariko ibingibi byo ntibisanzwe pe! Muri make natangiye gucura nkiri
muto, ku myaka 40 gusa. Ni uko imisemburo yanjye nayo ihita igenda
burundu! Njye n’umugabo wanjye twari dusanzwe dutera akabariro ku buryo
bushimishije cyane, ndetse twumvaga tuzanarushaho ubwo abana bacu bari
kuzaba barangije kwiga amashuri yabo yisumbuye. Nyamara bakirangiza
nibwo imisemburo yanjye yahise inkuraho amaboko! Nahise ntangira
kumagara mu gitsina ku buryo bukomeye cyane, kugeza aho n’ubwo
twakoreshaga amavuta yo kudufasha kongera ububobere ariko bitigeze
bigira icyo bitanga, ntibyambuzaga kubabara igihe cyo gutera akabariro.
Muganga yambwiye ikijambo ntashakaga kumva, ngo “n’ubundi ibi ni
ibisanzwe ku bagore batangiye gusasa!” Ah! Sinifuzaga ko ambwira ko
nshaje! Ni uko cyakora akomeza ambwira ko ngo nawe abizi neza ko hari
abagore bageza no mu myaka ya za 60 na 70 ndetse ikaba yanarenga,
bagitera akabariro nta kibazo. Ubu ngize imyaka 48, numva nkiri muto
rwose sinifuza ko nabihagarika aka kanya, Nyamara uko ngenda ndushaho
gusasa, niko ngenda ndushaho kuribwa iyo ngerageje!
Ikibazo cya vaginismus nanone gishobora kubaho igihe habayeho gufatwa ku ngufu.
8. Mfite imyaka 24, sindarushinga. Ariko kandi nigeze gukundana
n’abahungu bake ndetse tunakorana imibonano mpuzabitsina kandi bigenda
neza. Nyuma yaho, mfite imyaka 22, naje gusohokana n’ikigabo kimwe, maze
kiza kumfata ku ngufu. Niyibuka kimaze kumfata ndambaraye ahongaho,
numva nabaye umwanda kandi nabaye n’igikoresho. Kuva ubwo nagerageje
gukundana n’abandi bahungu, ariko bikananira kubagira inshuti nyazo kuko
numvaga binteye ubwoba. Nyamara ubu hashize amezi atatu mpuye
n’umuhungu mwiza cyane, utandukanye n’abo bose, ku buryo numva
naramukunze pe! Ariko naratunguwe tugerageje gukorana imibonano
mpuzbaitsina ngasanga bidashoboka! Kugeza ubu simbyumva habe na mba!
Mbere ntarafatwa ku ngufu nakoraga imibonano nta kibazo, ariko kuri ubu
nyuma y’icyo kibi cyambayeho, nihuriye n’umusore udasanzwe, none
byananiye kubikora! Ese hari ikintu cyaba gikiza ibikubaho nyuma yo
gufatwa ku ngufu koko?
Ngayo nguko. Mu bice bitaha tuzakomeza tureba noneho ibi byose ikibitera, ndetse tunarebe niba bivurwa.
Kurikira iyi blog kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina(Groupe)
http://www.facebook.com/Igitsina
(Page)
Ubuhamya
Gukuna
ABAGABO - ABAGORE - ABAKOBWA BEZA - ABASOMYI B'IGITUBA - AGAKINGIRIZO - AMABERE - AMAFOTO Y'IBITUBA - AMAFOTO YO GUSWERA - GUKUNA - GUSOHORA K'UMUGORE - GUSOHORA - GUSOMANA - GUSWERA - GUSWERA IGITUBA KININI - GUSWERA NEZA - IBIBAZO BY'IGITSINA - IGITUBA - IGITUBA KININI - IKIBUNO - IMBORO - INAMA Z'IGITSINA - INAMA Z'URUKUNDO - INDWARA Z'IBITSINA - KUNYAZA - KWIKINISHA - RUGONGO - URUKUNDO - URWENYA - VIDEO Z'ABAKOBWA BEZA - VIDEO Z'IKIMANSURO - VIDEO Z'URUKUNDO - VIDEO ZO GUSWERA - VIDEO ZO GUSWERA Z'ABAHINDE - VIDEO ZO KUNYONGA IKIBUNO - VIDEO ZO GUSWERA Z'ABAGANDE - VIDEO ZO KUNYAZA - VIDEO Z'ABAKOBWA BIKINISHA - VIDEO ZA RUGONGO NINI - VIDEO Z'IGITUBA KININI
Search This Blog
KIBAZO CYO KUGIRA IGITUBA GITO (igice cya 1)
Amafoto y'Igituba | Video so Guswera
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
Ibirimo
ABAGABO - ABAGORE - ABAKOBWA BEZA - ABASOMYI B'IGITUBA - AGAKINGIRIZO - AMABERE - AMAFOTO Y'IBITUBA - AMAFOTO YO GUSWERA - GUKUNA - GUSOHORA K'UMUGORE - GUSOHORA - GUSOMANA - GUSWERA - GUSWERA IGITUBA KININI - GUSWERA NEZA - IBIBAZO BY'IGITSINA - IGITUBA - IGITUBA KININI - IKIBUNO - IMBORO - INAMA Z'IGITSINA - INAMA Z'URUKUNDO - INDWARA Z'IBITSINA - KUNYAZA - KWIKINISHA - RUGONGO - URUKUNDO - URWENYA - VIDEO Z'ABAKOBWA BEZA - VIDEO Z'IKIMANSURO - VIDEO Z'URUKUNDO - VIDEO ZO GUSWERA - VIDEO ZO GUSWERA Z'ABAHINDE - VIDEO ZO KUNYONGA IKIBUNO - VIDEO ZO GUSWERA Z'ABAGANDE - VIDEO ZO KUNYAZA - VIDEO Z'ABAKOBWA BIKINISHA - VIDEO ZA RUGONGO NINI - VIDEO Z'IGITUBA KININI
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!