www.gituba.org
Abarinzi bajya inama inyoni nazo zijya iyindi, bitewe n’uko mu
mihanda ya Kigali indaya zimaze kuhirukanwa, ubu zisigaye zifite amayeri
menshi yo kwiyoberanya no gukurura abakiriya. Muribuka ko mu minsi
yashize twababwiye ukuntu zimukiye mu cyaro zigahimba amaseta mu bihuru
akaba ariho zakirira abagabo. Izasigaye I Kigali nazo ubu zifite imitwe
mishya yo gukurura abakiriya. Indaya ni umukobwa nk’undi, iyo yambaye
neza ari kumanywa ntushobora kuyitandukanya n’abana barezwe. Ubundi iyo
mudasanzwe muziranye, ikintu kikubwira indaya ni aho uyisanze ku iseta,
cyangwa se ukayibwirwa n’imyambarire iteye isoni. Nyuma y’uko zimaze
kumenya ko n’abazirukana aribyo bagenderaho, dore uburyo bushya zifite
bwo kwimenyekanisha. Ibi bikurikira nubibona ku mukobwa uzahite umenya
udashidikanya ko ari indaya. Mukobwa utari yo nawe niba wabikoraga
utabizi uhite ubicikaho ubiharire ba nyirabyo.
1. Nubona umukobwa wambaye neza, ariko ku ijipo ye cyangwa ipantalo
imbere ahagana ku gitsina hariho ibintu bishashagirana, ntuzirirwe
umushidikanyaho aba ariyo kuko niko zitanga karibu.

2. Nukubitana amaso n’umukobwa ukabona afashe intoki ebyiri
akazitunga ku kibuno cyangwa ku gitsina, uzahite ukuramo akawe karenge.
Kurikira iyi blog kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina(Groupe)
http://www.facebook.com/Igitsina
(Page)
Related Posts by Categories
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!