www.gituba.org
by http://urukundo.info
Nkuko byakomeje gusakuza mu binyamakuru byo hirya no
hino ku isi bivuga ku mubano wa Karrueche ndetse na Chris Brown aho
wagiye uzamo ibintu by’agatotsi ndetse kugeza naho batandukana kugeza na
nubu batarasubirana,ariko ubu bikaba bigenda bigaragara ko Karrueche
atagikeneye kongera gukundana na Chris Brown.

Gus anta muntu wapfa guhamye neza ko batazongera gusubirana kuko niba hagati yabo bombi hari byibuza umwe ufite urukundo byagorana kurekana,nyuma yuko Karrueche asabye umuhanzi Chris Brown ko yaza akamupfukama imbere maze akamusaba bundi bushya ko bakongera bagakundana noneho abicishije ku rubuga rwa Instagram yagize ubutumwa aha abakobwa cyangwa abagore batubahwa n’abakunzi babo aho yagize ati :
“Mu gihe uhaye abantu byibura icyubahiro gicye,bazatangira ku kugendaho,bazatangira kurwanya ibyiza byawe byose kuko bazaba bazi ko hari andi mahirwe nkuko bahora bayahabwa,ntabwo batinya kuba bakubura kuko bazi neza ko uko byamera kose udashobora kumusiga cyangwa ngo mutandukane,bo bakomezwa nuko ugira umutima utanga imbabazi,bityo ntuzigere ureka umuntu ko ya gukina ku mubyimba agutesha icyubahiro”.

Gusa nubwo ubu butumwa yabwandikiye abakobwa cyangwa abagore njye mbona bwari bukwiye kuba ubutumwa bwa buri muntu wese aho ava akagera,kuko ubu butumwa yatanze bufite agaciro ku muntu uwo ariwe wese,gusa haracyari urujijo mu mubano wa Chris Brown na Karrueche.
Gus anta muntu wapfa guhamye neza ko batazongera gusubirana kuko niba hagati yabo bombi hari byibuza umwe ufite urukundo byagorana kurekana,nyuma yuko Karrueche asabye umuhanzi Chris Brown ko yaza akamupfukama imbere maze akamusaba bundi bushya ko bakongera bagakundana noneho abicishije ku rubuga rwa Instagram yagize ubutumwa aha abakobwa cyangwa abagore batubahwa n’abakunzi babo aho yagize ati :
“Mu gihe uhaye abantu byibura icyubahiro gicye,bazatangira ku kugendaho,bazatangira kurwanya ibyiza byawe byose kuko bazaba bazi ko hari andi mahirwe nkuko bahora bayahabwa,ntabwo batinya kuba bakubura kuko bazi neza ko uko byamera kose udashobora kumusiga cyangwa ngo mutandukane,bo bakomezwa nuko ugira umutima utanga imbabazi,bityo ntuzigere ureka umuntu ko ya gukina ku mubyimba agutesha icyubahiro”.
Gusa nubwo ubu butumwa yabwandikiye abakobwa cyangwa abagore njye mbona bwari bukwiye kuba ubutumwa bwa buri muntu wese aho ava akagera,kuko ubu butumwa yatanze bufite agaciro ku muntu uwo ariwe wese,gusa haracyari urujijo mu mubano wa Chris Brown na Karrueche.
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!