www.gituba.org
Uburwayi butuma igitsina gifata umurego igihe kirekire umuntu
atabishaka, bishobora guterwa n’impamvu zitanduakanye, murizo twavuga :
-imiti bakoresha kugirango igihe cyo gushyukwa kibe kirekire batinde kurangiza,
-gukomereka k’umutsi wo mu gitsina bigatuma utagishobora gukamura amaraso aza mu gitsina igihe cyo gushyukwa
-indwara yo mu maraso yitwa “hémopathie”,
-gukoresha ibiyobyabwenge bitandukanye birimo cocaïne na marijuana n’izindi mpamvu zitandukanye.
Gufata umurego kw’igitsina bitewe n’izi mpamvu twavuze cyangwa izindi, bishobora kumara amasaha ane cyangwa akanarenga.
Dr
Mupenzi Aimable, yatangaje ko gufata umurego kw’igitsina igihe kirekire
kandi ku buryo budasanzwe, bishobora kugira ingaruka ku mugabo.
Ati
: “Hari impamvu zizwi zituma igitsina gifata umurego, ariko iyo bimaze
igihe kirekere, ku buryo budasazwe umuntu aba agomba kwihutira kujya kwa
muganga, kugira ngo bamukurikirane.”
Mu rwego rwo kwirinda ko
ubu burwayi, abantu bakwiye kudakoresha imiti ituma igitsina gifata
umurego umwanya munini, batagishije inama muganga,kandi bakirinda ko
igitsina gikomereka.
IGIHE
Related Posts by Categories
- Iby'miterere y’igitsina cy’umugabo
- Ku myaka 20 gusa afite Lil G amaze gukundana n’abakobwa bagera kuri 90
- Ese kwisiramuza cyangwa Kwicyebesha hari akamaro bizanira ababikora ?
- Umutobe w'Umugabo: Amasohoro y’abagabo ahenze cyane kurusha imitobe muri Cote d'Ivoire
- Dore ibintu bituma umugabo atarangiza mu gihe cyo gutera akabariro
- NI iki gituma Igitsina gabo gikunda konka amabere y’inshuti zabo cyangwa y’abagore babo?
- Iby'abagabo bagiye kurega ko bakubitwa n'abagore babo
- Ese umwitozo wo kwikinisha byongera ubunini bw’igitsina cy’umugabo?
- Ubunini bw'Igitsina Cy'Umugabo no Guhuza Igitsina Neza
http://www.facebook.com/Igitsina (Page)
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!