Ubuhamya

Gukuna

Search This Blog

Nicki Minaj yavugirijwe induru n’abafana kubera isutiye yafungutse


Amafoto y'Igituba | Video so Guswera

www.gituba.org
Onika Tanya Maraj benshi bazi ku izina rya Nicki Minaj mu muziki yavugirijwe induru n’abafana be ubwo yari amaze kuvuga ko abagabo bose ari ababeshyi ku bw’ibyago isutiye ye igafunguka. Nk’uko ibitangazamakuru bitandukanye byagiye bivuga iyi nkuru, uyu muraperi w’imyaka 32 yavugirijwe induru ahanini bitewe n’amagambo yari amaze kuvuga atarashimishije benshi.
Ubwo yari mu birori bya Whatever party byabaye mu mpera z’icyumweru gishize kuri Bud Light House muri Arizona, Nicki Minaj yavuze ko abagabo bose ari ababeshyi yongeraho ko babona ko abakobwa nta bwenge bagira kandi bibeshya.
Yagize ati, “Abagabo bose ni ababeshyi, ntabwo ari abo kwizerwa natwe tuzi ubwenge”.

Nicki Minaj yavugirijwe induru n’abafana kubera isutiye
Nicki Minaj akimara gutangaza aya magambo, yahise agaragara arwana no gusubiza amabere ye mu isutiye kuko wabonaga isa nk’iyafungutse. Abafana biganjemo igitsinagabo bakimutera imboni baramukomereye cyane.
Nubwo uyu muraperi yatangaje aya magambo, benshi babihuje n’ibihe bibi yari amazemo iminsi dore ko hashize igihe gito atandukanye n’umukunzi we Safaree Samuels bari bamaranye imyaka 12.
Ntibyatinze kuko nyuma yo gutandukana n’umukunzi we, Nicki Minaj yahise yishumbusha Meek Mill ndetse kuri ubu aba bombi bakaba batagitinya kugaragaza iby’urukundo rwabo mu ruhame.

http://www.facebook.com/Igitsina (Page)
Shyiraho Igitekerezo!

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

Shyiraho igitekerezo cyawe!