www.gituba.org
Rimwe
na rimwe abagore baba bumva ko kuba umugabo atera akabariro akarangiza
biba bihagije kumushimisha mu buriri. Nyamara abagabo benshi bemeza ko
bidahagije bamwe, mu rwego rwo kurushaho gushaka kuryoherwa birenzeho,
bikaba ari nabyo bituma baca inyuma abagore babo.
Benshi
bemeza ko umugore ushimisha umugabo mu buriri ari ufite ikimero cyiza,
amabuno manini, isura nziza n’amaribori mu ntege cyangwa se uwaciye
imyeyo. Ibi byonyine ntago bihagije kugira ngo umugabo yishime bisesuye.
Abagabo bakunda byinshi bitandukanye, usanga buri wese afite
ikimushimisha kurusha ibindi bitandukanye n’iby’undi. Hari ibyo abagabo
benshi bemeza ko aribyo bibashimisha mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.
Dore iby’ingenzi:
1.
Kumukorakora ariko ukibanda ku bice by’ingenzi birusha ibindi kongerera
umugabo ubushake. Ibyo bice uba ugomba kubyitaho ukabikorakora cyane
cyane ku gitsina ukagikinisha. Kandi ushobora kunyuza ururimi rwawe ku
mabere y’umugabo ukayanyunguta biramuryohera cyane.
2.
Kwikinisha imbere y’umugabo akureba, ukikora ku mabere no ku gitsina.
Ukamureka akakureba wambaye ubusa ntugire isoni, bimwongerera kumva
agushaka. Gusa ukibuka kuba woze ufite isuku.
3.
Ikintu cya mbere gishimisha umugabo mu mibonano mpuzabitsina ni
ububobere. Ninayo mpamvu ugomba gusaba umugabo akagutegura mbere yo
gutera akabariro ukabanza ukagira ububobere buhagije.
4.
Kutamera nk’igiti. Hari abagore biryamira bakamera nk’igiti ntibongere
kwinyeganyeza. Uba ugomba kwiyoroshya, ugafasha umugabo kuburyo
kuguhindukiza no guhindura uburyo bimworohera, ukamukorakora,
ukamusoma, ukamunyongera kandi rimwe rimwe ukibuka kumusimbura ukajya
hejuru.
5. Kuniha no gutera agasaku. Iyo umugabo ari gutera akabariro akumva umugore we aniha bimwongerera uburyohe kuko aba yumva ko uburyohe atabwihereranye ahubwo ko hari uwo bari kubusangira. Gutera agasaku gake mu gihe cyo gutera akabariro nabyo bishimisha abagabo bikabatera kuryoherwa.
Umukunzi
http://www.facebook.com/Igitsina (Page)
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!