Huddah Monroe ni umwe mu banyakenya bahatanye mu irushanwa rya Big Brother Africa (BBA), mu buzima busanzwe akaba akora akazi ko kwerekana imideli muri Kenya, amafoto ye akaba akomeje kwibazwaho byinshi ndetse akaba ashinjwa kwamamaza ibikorwa by’ubusambanyi.
Hudahh asanzwe azwiho gushyira ku mbuga nkoranyambaga amafoto ye akibazwaho byinsho, mu minsi ishize akaba ari bwo yashyize hanze ifoto ye umusore arimo kumukabakaba mu mabere yamuhaye rugari ndetse n’indi imwe yamukoraga ku kibero.
Mu gihe uyu mukobwa aba yibazwaho byinshi, we yatangaje ko umubiri we uza ku isonga mu bimutera umunezo ko hari abibaza ibanga akoresha rimwe na rimwe bibaza ko yaba ajya muri GYM akabyemera ariko ko hari n’ibyikora ku mubiri bitabaye ngombwa ko awushakishiriza.
By’umwihariko uyu mukobwa yagiye anengwa na bamwe mu bakobwa bagezi be n’abandi bantu nyuma y’inama yatanze avuga ko nta mukobwa wakagombye kubaho yifuza mu gihe afite igitsina ashobora gutanga agahabwa ibyo yifuza byose abihawe n’abagabo baba bamushaka.
Hudahh ni umwe mu byamamare muri Kenya bivugwa cyane mu itangazamakuru akaba agirana umucuti n’umuherwe Zari umugore w’abana 3 uri mu rukundo n’umuhanzi Diamond wo mu gihugu cya Tanzaniya nyuma yo gutandukana n’umugabo we Ivan.
Urubuga ghafla rwatangaje ko Zari na Diamond berekeje muri Kenya bagiye kubonana n’uyu mukobwa Monroe ku bw’igikorwa yateguye cya Art of Luxary kizaba tariki ya 21 Werurwe, bikaba biteganwa ko Diamond azakiririmbamo.
REBA ANDI MAFOTO:
Ifoto ya Monroe ashinjwa kuba yari arimo kwikinisha
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!