Umugore uzwi kumazina ya Mama Blessing niwe wifatiye umugabo we kumugaragaro amuca inyuma . Ibi ngo byabaye mu gihe Mama Migisha ( Mama Blessing ) yarabonye imodoka yabo iparitse iruhande rw’akabari kandi byari bizwiko umugabo we adakunda kuhagaragara. uyu mugore yagerageje kujya kureba icyabaye doreko yahise anahamagara umugabo kuri telefone ariko ntayayifata, bityo afata umwanzuro wo kugera ahari hahagaze iyo modoka.
Uyu mugore yabaguye gitumo
Nubwo uyu mugore yaragiye kureba ikibaye ku imodoka,ngo yarasanzwe afite amakuru ko umugabo we aryamana n’abana babanyeshuri babarizwa muri aka gace gusa nk’umuntu ukuze akaba yaragombaga kwigenzurira, ntiyumve amabwire. uyu mugore ubwo yageraga kumuhanda akabona imodoka iparitse ku kabari kazwi nka Villa Park Resort ari nabwo yageragezaga guhamagara umugabo kuri telefone ariko ntiyitabe, yahise yegera imodoka.
Areba Mama Migisha hirya
Bamwe mubabonye uyu mugabo, bavuga ko yaravuye mukabyiniro kazwi nka Diluxe Night Club gaherereye mumujyi wa Mwanza ari nabwo yazaga guparika kukandi kazwi nka Villa Park Resort ariko ntibyamuhira doreko ariho yasanze umugore we basanzwe babana ndetse bafitanye n’abana batatu.
Umugore witwa mama Migisha yatunguwe no gusanga umugabo we arigusambana n’umukobwa mu modoka yabo
Amakuru aturuka muri iki gihugu cya Tanzania, avuga ko ubwo uyu mugabo yafatwaga, yakubiswe ndetse aza gukomereka bikabije kugeza magingo aya akaba ari mubitaro.
0 comments:
Post a Comment
Shyiraho igitekerezo cyawe!